Na marozi nayo niyo agiye guha bya bigarasha kugirango bajye kwica abayobozi ba twirwaneho na M23 bamaze kuba amafrang yokuzica bosee nuze kubyunva na ba Gisaro na ba Muhizi na Manyota nibo babishinzwe
America kuki ntacyo ivuga ku nterahamwe zarasize zihekuye urwanda ntizireba aho zirirwa zirunda kuri goma ngo batere u Rwanda abanyamerica se Niko Batabiboña