0:25 buriya ntago irakina nikipe kko iriya ni iya gatatu muri tanzanie ese biriya nibyo yari bukine iyo ihura na young cg simba lorenzo ntacyo nkwijeje pe imeze nkaho yakinnye na Musanze
Turayanga ariko gutsinda kwayo n,ishema kugihugu.Mumisoro ya leta itaguz,umutoza mwiza wigenga byaba,agahomamunwa. Ntibikadutangaze umutoza wese wiyemera h,ubushobozi nt,avugirwamo. Ntabidasanzwe kuri club ya leta.
Mwaramutse, ariko abafana murakabya ubwo utekereza ko APR FC Ari yo ikoresha amafaranga ya Leta gusa , harya akarere ka Nyanza amafaranga gaha Rayon sports ava hehe ? Ese amafaranga akarere ka Huye gaha Mukura yo ava hehe ? Harya amafaranga umujyi wa Kigali uha AS Kigali nandi makipe yo aturuka he ? Rero ntimugakabye gufana ngo mutandukire kuko nta ekipe nimwe idafashwa na Leta !