Tubahaye ikaze ku munsi wa 5 w'amateraniro y'ivugabutumwa yateguwe n'icyiciro cy'urubyiruko (JA) mu Itorero ry'Abadiventisiti b'umunsi wa 7 mu Rwanda.
Uyu munsi dufite insanganyamatsiko igira iti "UMUKINO WO MU BUSORE". Turi kumwe n'Umubwirizabutumwa bwiza MG Musoni Flavien.
Imana ibahe imigisha.
8 сен 2024