My humble advisor bro. You should take a breath. Just relax for some Years. As you say that you are a God servant......just pray.....take your time.....focus on your job and your children......emotional life put it aside for some years
True he should use his brain instead of being controlled by emotions this things of love life nawauuuh..... and give it to God otherwise u are going to be Mad.
@@nanzirebernadette4884 Wumvise neza n'uko yatandukanye n'umugore we wa mbere na nyirabukwe akamwanga urunuka bigaragara ko bageze muri Uganda ashobora kuba yaragiranye ikibazo n'umugore we gishingiye kuri uko gufuha akamutesha umutwe bigatuma ahitamo kumuta Uganda akitahira.
1st of all ur story is touching. Even if u say u gave her love, care , and everything and still left you. It's because ur too jealous. Reduce on ur controlling and jealous u will get a good wife.
Abenshi baza gushaka abakobwa mu Rwanda à 80% baba nta situation bafite ino aha. Umuntu ugera ino akiga akabona akazi keza ntabwo aba akeneye kugaruka mu Rwanda gushaka abakobwa kuko arababona no mu gihugu arimo. Njye abo bakobwa badashiturwa n abagabo ba diaspora ndabemera cyane.
uradidimanga disi, Yesu agutabare, aguhindure,akugire inama wongere amasengesho there's power in kneeling, Nuyikomezaho (Imana )nayo izagurabara,subira uko warumeze ugihamagarwa
Sabin I live in the US since 2016 and I am in one of the Christian ministries. Birashoboka ko uba umu pastori uhembwa na neza ariko bisaba college degree muri theology. Most of African pastors didn’t go to school and they don’t qualify to be ministers in this country. Ubwo rero bakorera muma african churches ayo nayo ntahemba kuko nta mafaranga bagira
My brother pole sana warahemukiwe cane!! Ariko wibuke ko dufise umukunzi adukunda cane kandi adahemuka ni Yesu christo!! Amahoro n'umunezero bitangwa na Yesu wewe guma kumavi Yesu azoguhoza amarira!! From Burundi🇧🇮🇧🇮💓
Wazize guteretesha amadolari. Ni gute uha umuntu $700 nyuma yi minsi gusa, ubwo waraguraga kandi icyo waguraga waragihawe for sure. Ugize Imana ubimenya kare ataragera aho amerika. Nta mugeni uba kuri facebook mugabo, uzashake umukobwa wi wanyu, uzi cga uzwi nu muryango wawe.
Anna uwa ese wumvako umugore ataruwiwabo imana niyo yubakira abantu naho ntabwo adamu yarazi ababyeyi ba Eva iwanyu ntabantu buzi batanye Kandi barimumuryango!!
Ooooh pole sana bro hakuna mapemzi duniani nikwambie Mungu tu ndie anaependa watu na watu hawampendi Mungu Sasa wewe nitafute nikupatie mtoto mmoja mzuuuuri atakae kupa Raha na kukupenda pole usilie we ni mwanaume
Ariko nubu wa mugabo we ndabona bagiye kukongera.ugera mu rwanda ugakodesha v8.nugenda gutereta na v8 ukerekana kufise ama cash uzongera uhure nikijura cyo kigukuremwo amenyo.
Ngo ujya mungo gukora control yuko package 📦 zagezeyo😁😁😁😁tracking number se zigakora iki??? Computer se zigakora iki 🙆♀️🙆♀️🙆♀️🙆♀️🤦♀️🤦♀️🤦♀️😁😁ndumiwe koko ere ga akazi kose nakazi iyo gatunze nyirako ummmm pastor 🤔🤔🤔🤔abashoferi nibubahwe🙏🙏🙏
Inama Ntimukihute guhita mujya muzindi Relationship mukiva muzo mwari murimo you guys ,you need to take time yokubanza kwitekerezaho - sibyiza gushyira hanze amabanga yuwo mwarikumwe - one more thing mujye mufata igihe gihajyije cyokumenyana kujyira mwirinde kuzababara Mana jyufasha abantu bawe Sabin we do like you💞🇷🇼🇵🇭
Pastor pole warahuritse. Ariko kuvuga amazina y'abantu mu itangazamakuru byagukoraho. Isubirire ku mavi wisangire itaguhamagaye uyiringire uyitegereze irakuzi kurusha uko wiyizi kandi iragukunda izaguha ugukwiye.
I live in USA 🇺🇸🇺🇸🇺🇸but nta mukobwa haba ino cyangwa Kigali nakwitaraho gutyo !! Boy u crazy !! Did u really send her your debit card ? To be honest iyo uri umugabo ukitwara ku mugore gutyo ntiyanagukunda ! Ngo ukamubaza ese mfashe , ese ngure iyihe gift , ese mfashe mama atabyemera ukabireka ? You need balls brother, women love competition iburishe , murye seen sometimes, act like u don't care nubwo u care, don't let her control every move ! Bazongera babigukore you need to grow and stop this nonsense !! You are in charge don't let ur lady run everything as ur CEO !! Just saying !!
Sabin watubabariye wo kabyara we ukazatumira Rachel akatubwira kuri Side ye uko bimeze, kuko uko asa numutima we biratandukanye. Any w, Sorry Pastor your time will come...