Abakuze barananiwe ubu tugiye kubyikemurira/Urubyiruko ruhisemo guhaguruka ngo rutabare ubwoko.
Mahoro Peace Association yaradusenye ariko ubu twongeye kubyukana imbaraga kandi dukeneye urubyiruko rwigenga.
Twateguye Conference Mahoro ngo ibimenye yama itegura ikindi kumatariki amwe.
Twatumiye Dr.Kaniki aratwemerera ngo buce yemerera n’urubyiruko rwa Mahoro ataraduhakaniye.
Twebwe ntiturwanya Mahoro, turimo urubyiruko rwa Mahoro na Banyamulenge Mutuality Ubumwe.
Ejo hazaza nahacu ubu twahisemo guhaguruka ngo twikemurire ibibazo byiwacu tutitaye kubakuze kuko ntibaduha umwanya.
Muhumure ibibazo by’iwacu ubu turabihagurukiye ntagusubira inyuma.
#mulenge #congo #africa
16 сен 2024