Tuguhaye ikaze muvandimwe ukunda kumva amateka y’Indirimbo kuri RWANDA SDA HYMNS.
Tugeze ku ndirimbo ya 26 UBU NJE UKO NDI
Umuhimbyi (Umwanditsi)wayo afite ubuhamya burebure ,kandi ububabaje nibwo bwinshi ,kuruta ubu nejeje ariko kandi ,ubunejeje ni bwo bwamugejeje ku kwandika iyi ndirimbo ivuga ngo “UBU NJE UKO NDI”
Ni iki cyamuteye kuvuga ati NJE UKO NDI?
ESE YAJYAGA HE?
Uko yari ari se ni ukuhe?
Yabayeho ate?
Ibisubizo byose urabisanga muri iyi videwo.
Waba uri mushyashya hano kuri RWANDA SDA HYMNS?
Turakwakiriye kandi turagusaba inkunga ikomeye yo gukanda kuri “SUBSCRIBE “ukaba inshuti kandi umunyamuryango wacu
Usanzwe se ukunda iyi ndirimbo ya 26?Uyikundira iki?
Wakanda kuri “LIKE” niba hari icyo wakuye muri ayamateka.
Ngaho dufashe no kuyoherereza (SHARE)za nshuti zawe kugirango nabo na bo barusheho kunezerwa.
#RWANDASDAHYMNS#UBUNJUKONDI#26
~~~~~~~~~~~~~~~~~~~~~~~~~~~~~~~~~~~
Writter(Lyrics) :Charlotte Elliot
Tune:William B.Bradbury
Story behind hymn:Jacques Lameck
MusicMarcel(Glorious studio)
Imana ibahe umugisha!!!
22 сен 2024