Ni intsinzi idasubirwaho kandi nawe ntayandi mahitamo yarafite gusa ndabyitiranya nuwo twafatiye kumukeka yota akazuba mu ruhengeri yititiza nk umusaza wota izubagire afandi Bagire ati uwo musaza wota izuba mu mumunzanire sinibuka ninde twari mu 211 ya bagire na 59ya afandi Turagara na 101 ya Ibambasi cyangwa 89 ya Mugisha yahise yoherezwa za Butare cg first batarian yohorejwe i Kgl ntacyo mbyibukamo kuko ni kera hari na Bravo hari camp Mukamira