@@ZawadiTuyishime-k6w Fitna niki, ese niyihe uretse gushimishwa nokuvga fitna gs, Abatanga ibi biganiro haruwo bafungishije ngo nintagondwa? Bigeze bakubitirwa kumalimbi, bigeze bamanikwa mumisarane? Hari amafaranga yabaislam bashinjwa? Hari hari hari
@@ZawadiTuyishime-k6w nzabisubiramo kenshi cyane ko ALLAH AZIRINDIRA IDINI YE! kandi nibiba ngombwa azadukoresha twe abagaragu be mukuririnda. Ntarwango cg ihangana Hajj Rubangisa na Sudi bafitiye RMC cg abantu runaka, icyo basaba gukosora ni imikorere ya RMC no guhinduka kwabantu bari muri RMC binangiye bakigira intakoreka cg intumva. Sinzi umunsi aba islam mu Rwanda tuzabona ko aba bagabo ibyo bavuga bari kukuli kdi bazatsinda icyinyoma. SINDAYIGAYA niba Koko Atinya Allah kdi akaba afitiye ineza Islam na ba Islam mu Rwanda, kuki adasaba Ibiganiro nkemuramaka kubidahuza aba islam mu Rwanda ahubwo agahitamo inzira yo kubatanya abuza bamwe gukurikira abandi? Ntabyinshi nakubwira, Gusa twamaze kumenya Ukuri kdi In Shaa Allah nabandi benshi bazasobanukirwa. Allah akwishimire kdi aguhe gusobanukirwa akurinde kwinangira.
وهل يكب الناس في النار على وجوههم أو قال على مناخرهم إلا حصائد ألسنتهم Rasulu ati: Ese mukeka ko hari ikindi kizinjiza abantu mu muriro incurike bagenda bakururwa uburanga bwabo hasi, uretse ko bizaba ariumusaruro w'indimi zabo?
Arko nkayo matiku amarira iki abantu? Ko mperuka kubaha umuyobozi ari itegeko !! Mubyange mubyemere Sindayigaya numuhanga ibyo musesengura mbona we atumirwa agasesengura ibirenze ibyo we na Munyezamu ndabemera cyane, mbagire inama ( Liberté totale ne donne pas libertinage) simvuzeko abo muvuga batakosa arko uburyo mubigaragazamo namatiku pe
RMC isenyutse ikavaho Islam yagumaho nabaislam ntibaba basenyutse. Aya ya nyuma Rasulu saw yavuze, ni uko uyumunsi Allahu abuzurije idini yanyu, kd abahitiyemo ko islamu ariyo dini yukuri. Muri iyo Ayat hari RMC irimo? VA kugiti dore umuntu nshuti
ariko sudi ntiyakoze ku kagali ka Rwampala? muri za 2006? kuko habaga umugabo witwaga sudi wazengerezaga abantu. bigeze no kumushinja gufata umwana ku ngufu.
Urugambo gusa SI ukunyomoza. Ufite facts nanyomoze ibyavuzwe nibyagaragajwe naho gusesereza gusa ntibitanga igisubizo, ubwo ni umusesenguzi. Ikugega cyamakuru muri Islam na AMUR RMC ni Dawa Rwanda kuri sudi na Rubangisa Bariyeneje kd batanga ubwino kuko amakuru batanga afasha benshi, SI ibihuha
@@icc2020Imanzi Ese mwagiye mureka ubufana mu Idini? Ibi bavuga ubu birubaka cyangwa barishakira views? Ese mwasesenguye Politic isanzwe y'igihugu. Aha reka nigendere