Ro, wakoze cyane kutuzanira uy umutumirwa... Iyo utuzaniye aba Expert in any subject,,cg aba counselors nka ba Mary❤❤...mba numva ikiganiro incuro nyinshi❤
Bravo. Dialogue ni ingenzi kubashakanye. Gusa muravuga cyane mu cyongereza. Ndibwira ko ibi biganiro bikenerwa nabantu bose Halimo abataragize amahirwe yo kujya mu mashuli. Murakoze.
Volume iri hasi. Ikiganiro ni cyiza, niba hari ikintu abantu bakeneye kurusha ibindi ni amahoro yo mu mutima atangwa n’Imana ubigizemo uruhare. Iyo uyafite uyasangiza abandi isi ikagira amahoro.
Plse Rose uzamugarure . Thank u so much cherie . Such an educational interview . Reka ata matiku yaha kumihanda . Usibyeko nayo tuyakunda ❤😂😂. Its abt balance
Uyu umugabo ni umuhanga Cyane, iki ikintu avuga cyo gufasha kuba ubushake atari itegeko ni akabazo tugifite muri Africa ariko mubihugu byateye imbere babyumva or babikora nkuko uyu umugabo abyigisha, your lift is in your hands, your the Author ✍️ of your own story so make it Good, ntamuntu uhitanye ko yakwimye ubuzima. Ibi bisigaye Cyane mubanyarwanda kwitega hukira ukijijwe nabandi nkaho ari itegeko.Rose wakoze Cyane kuzana umuntu nkuyu nibura akabwira abato Nawe kandi yakoze Cyane kutiga Iriza🙏🙏🙏🙏😘
Rose cherie ikiganiro ni sawa cyane, ariko hari itara mbona inyuma sinzi niba abandi ritabaderanja njye ryangoye kandi rero mba naguhanze ijisho koko😂😂😂 mubikoreho mama❤❤❤