HARI AMAKURU, IBITEKEREZO CG IBYIFUZO WIFUZA KUTUGEZAHO? WADUHAMAGARA CG SE UKATWANDIKIRA KURI NOMERO +250788308594 (IRI NO KURI WHATSUP). TUBAHAYE IKAZE KANDI MUKANDE KURI "SUBSCRIBE" KU BATARABIKORA
Ibyo aribyo byose hari icyateye urwo rupfu kitari uko yari asanzwe afite ibyo bibazo ngo by'ubuhumekero. Hari immediate cause knd byanze bikunze iri hagati ya sex and drugs. Raport medical ishobora kuba yarinjiriwe nabo ku ruhande rw'abahungu kuko babimye utuntu duke cyane.please urubyiruko ibi biduhe isomo cyn cyn abirukira mu bintu byateye ngo nimiti yongera ibyo ntazi ikindi imanza nkizi ahubwo zijye zica LIVE nko kuri RTV. Hari icyo abantu bajya bigiramo ndetse bakamenya ibyo amategeko agena ndetse bakanarushaho kwizera ubutabera
Wowe se urinde uhakana rapport, niwe muntu wa mbere se waba upfuye urutunguranye. Nturabona umuntu usitara agahita apfa, ushingira he uvuga ko ibyo mu buhumekero bitamwica.
Uko mbyumva…umutype yarongoye umukobwa cyane ageraho abura umwuka…niba mubizi neza during sex inter course habaho guhumeka cyane wiruka…amaraso aba yiruka ni nka intense sport….rero Niba fled yaramucumise cyane …yitegure ko Arya isheni