Muri make uvuze ko padiri ashukwa n'agatambutse kose? Padiri ni umuntu nk'abandi kandi ikibi si ikikwinjiramo(ibyinjira mu bwenge bwawe) ahubwo ikibi ni ibigusohokamo(ibibi ukora nyuma). Ashobora no kumubona yambaye ubusa ariko ntibivuze ko ahita amwifuza cg ko ahita asambana nawe. Ujye usoma amakuru y'abasenyeri n'abapadiri bahohoteye abana bato cyane cyane b'abahungu, si uko abo bana bari bambaye ako gapantalo ni ako ahubwo abo bihaye imana batabashije kunesha ikibi.
Iki kiganiro sinjya ngihaga. Murakoze ku kiganiro cyiza. Njye naryohewe CYANE kuva ku munota wa 53 kugera ku isaha 1 n'iminota 9. GUHEREKEZA IMPANO (ORIENTATION = CAREER GUIDANCE). MURAKOZE CYANE!
Iki kiganiro cyanyuze bikomeye. Uyu mugabo ni indashyikirwa mu bumenyi, ubwenge no mu muco, kumugiraho umusangiragihugu ni amahirwe akomeye. Uyu munyamakuru nawe afite ubunyamwuga nyabwo. Dukwiye kugira benshi nkawe
Ohhh padri wacu mwiza ntasaza pe yanyigishije i Byumba kumbe aribwo arangije kwiga misa ye yararyohaga cyane abasosiyale na group yabahungu twarayikundaga merci padri wacu
Mukurikire ikiganiro uyu mwana wu umukobwa nta kibazo ateye rwose ipantalo ni umwenda worohereza abantu iyo bari mukazi bakoreye hanze batari muri bureau ubundi kndi ndashima ukuntu abaza arategereza bigaragara ko kubaha ari ibi murimo Courage ma Fille