Mwiriwe, Tubanje Gushimira Umujyi wa Kigali ku ngamba zigenda zifatwa mu gushaka ibisubizo bya transport rusange. Turabaza icyo bateganya kuri ligne ya Saint Joseph yahagaze ,ubu nta bus zigikora Murakoze! Nirwa Didier Masela
Bus zo mu Mujyi wa Kigali (Shirumuteto) kuki zipakira abantu benshi ariko ntizibizwe kubikora? Ikindi ni uko niba nta zindi zigomba gutwara abantu mu nzira, kuki hadateganywa izizajya zihagurukira mu nzira ko zigera ku bantu kuzura?
Ko ntacyo bagusubiza ngo numvireho niba Control Ari Tax Insurance ni Tax yamwe umuntu afite na Authorisation ubu gufata iyo Modoka Koko suguhohotera Abantu.