Yewega ariko se mumbwire ubwo muziko inka nayo ari a human being. Ubwo se muziko yazanye uburozi kubera ubwoba no kuyitoteza mwayiteye ntacyo mwariye pe mwaryohewe mu kanwa ariko ntacyo mwariye.
Ingingo ya 190 y'itegeko Nº68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange mu gika 3 riteganya ko umuntu wica itungo urubozo ahanishwa igifungo gishobora kugera ku mwaka n'ihazabu ishobora kugera kubihumbi 500,000. BIRABABAJE KUBONA UMUNTU YIGAMBA KUBA YAMENYE IJISHO RYINKA KURI TELEVISION.
the circle of life ibigomba kuba ariko mugashyiramo ubuntu abanyarwanda dukomeje kwigaragaza nabi ubu koko twibagiwe 94 ngo tweze soul zacu yego koko circle of life igenera ikinyembaraga ububasha ku cyinyantegenke ariko nkabantu dutekereza twakagombye kubikora kinyamwuga
ru-vid.com/video/%D0%B2%D0%B8%D0%B4%D0%B5%D0%BE-4nc4-_R16-E.html Namwigishije ku rongora mufata ari kurongora abandi mu buriri bwange/ ubuhamya bw'umugore wababaye