@@sammarley1413 abashakashatsi benshi ku isi mu mateka n'ibisigaramatongo bagaragaje ko Yesu yabayeho n'ibimenyetso birerekanwa, sinzi niba ubwo bumenyi waba ububifiteho cg? gusa nawe niba hari bushakashatsi wakoze bukagaragaza ko atabayeho uzadusangize na byo tubyigeho tuve mu rujijo, Asante🙏
@@user-sx4qb8lp6s,biramutse bimenyekanye ko Yezu twizeye atari umuzungu nk'uko twigishijwe,ndetse ko na Shitani Atari umukara/black nk'uko twabibwiwe,byagira ingaruka ku butumwa!
Ind 1:5 Yemwe bakobwa b'i Yerusalemu mwe,Ndirabura ariko ndi mwiza,Nsa n'amahema y'Abakedari,N'inyegamo za Salomo. Ind 1:6 Mwe kundeba nabi ni uko nirabura,Nabitewe n'izuba ryambabuye.Abahungu ba mama barandakariye,Bangize umurinzi w'inzabibu,Ariko uruzabibu rwanjye sinarurinze.
Dr Rusa akomeje kunjomba icumu mu gisebe kubera ukuntu mbabazwa n'uburyo education yacu ibereyeho abazungu. Njye ndi umwarimu, ariko mbabazwa cyane n'uburyo kutamenya neza English mu ishuri bituma umwana yemera neza ko ari umuswa, akabyakira, bikamuca intege bikamwambura ubushobozi bwe bwo gutekereza byisumbuye. Rusa mukundira ko asoma ibitabo, ninacyo cyonyine twakora ngo tubohore abanyarwanda ku ngoyi y'ubukene n'ubujiji. We need libraries in each district please.
Niba utekereza gutyo ugomba kuba uri mwalimu w'umuhanga. Nakoze ubushakashatsi muri philosophy na history, kandi Hari byinshi nemeranya Ruta. Yesu yabaho atabaho , religion is fiction. I can prove it.
Uretse na Yesu, n'Imana ifite uruhu rw'umukara, ibyo birazwi, muzarebe ko muri Europe badafite uwo bita Black Madona ariwe Nyina wa Yesu, ngira ngo murabizi ko abazungu benshi bo muri America bagiye babazwa impamvu banga abirabura bakanabica bagiye basonurako ari ishyari bagirira abirabura ritewe nuko baeremye mu ishusho y'Imana bo bakaba bataremye mu ishusho y'Imana. Igitabo cy'ubuhanuzi bwa Enock bagikuye muri Bibiliya kuberako cyasobanuraga ibi bintu neza, Ibyo doctor Rusa avuga nibyo, iyo bakomeza kuvugako Yesu ari umwira nta muzungu numwe uba usenga, naya mazina siyo nyakuri ya Yesu.
Ko twari dufite Yezu byabujije ko mu Rwanda haba jenoside ikozwe n'abakristo ikorerwa abakiristu bicira abantu mu kiliziya no munsengero. Abirabura ntitwumva ntitwiga
Mana yanjye. Inzebe byanditswe muri tradition y'ikinyarwanda. Mu zindi ndimi ntibavuze inzobe bavuga Handsome kandi no mu yandi mabara habamo handsome si mu birabura gusa
Ntago Yesu yari umuzungu yari umwirabura amashusho batwereka ntaho ahuriye nukuri nuburyo bacuritse amateka ya Africa barayasiba ubuse mwari muziko abazungu bavutse ku birabura ubuse mwari muziko ikoranabuhanga ryose riri kuri iyisi rya ryavuye muri Africa mu misiri abazungu basibye amateka yose ya Africa badutesha agaciro bashaka ko twemera ibyo bashaka ariko hari byinshi badashaka ko tumenya
Dr Russa Aho turemeranywa cyane! Abantu bambere bari abirabura rwose! Dawidi yari umusore w'inzobe! Gute umuzungu aba inzobe?! No mu itangiriro haraho bavuga ivuka rya YAKOBO na ESAWU, ubundi no umuzungu yavuye. Nyina Rebecca yari yarahanuriwe ko ngo atwite amahanfa abiri! ESAWU ngo yavutse Ari rutuku ( Umuzungu) YAKOBO we yavutse Ari umwirabura nk'ibisanzwe! Ndetse nyina Rebecca ngo ntiyakundaga ESAWU kuko batasaga , gusa se we yageragezaga kumwegera nk'umwana ariko ubundi ntibamukundaga babonaga Atari umuntu