Aïssa je suis d'accord avec toi. Ibintu bya dépendance ku muryango birasenya. Hari imiryango ibaho idashaka gucuka, ukaba umaze gushinga urugo nawe ukiyubaka ariko buri gitondo hakaza téléphone y'ibibazo. Spécialement ku bagabo b'imfura mu miryango baha responsabilités zo kuba le père de ses frères-sœurs et pourtant abana bari iwabo mu rugo rw'ababyeyi. Akabaye kose ugasanga c'est lui qui doit s'en charger nta n'umwe witaye kuri projets ze z'urugo, mbese bagafata urugo rwe nka continuité y'umuryango avukamo. Akaba agomba kumenya ibibazo by'umuryango we sans aucune limite de durée kandi nyamara kubera kubura limites, hakaburamo respect vis-à-vis de leurs femmes... Il faut tout simplement couper le cordon. Aider oui se faire exploiter non. Par sécurité dans la mesure du possible chacun chez soi.
Nibyo gufashiriza abavandimwe Aho bari ni byiza ariko urugero abana ba mukuru wawe babuze ababyeyi Ari bato wakwanga kubaza murugo rwawe ? Byose bituruka ku mpamvu na situations zitandukanye