This guy nibaza niba azi uburyo akunzwemo kd biri lowkey it always amazes me ukuntu ahantu hose ngiye nkamuvuga or nkaplayinga song yiwe nsanga abantu baramusariye but media ntabwo yabigaragaza because he's a pure talent , these media houses of ours zifite ikibazo gikomeye kabisa.
Ndagukunda cyane ❤ MBA mbona ariwowe uyoboye new Generation nubwo bakwa under ratinga kubwinyungu zabo ariko wowe just keep working kaayi your time is now nkunda ijwi ryawe , melodies and lyrics urimubahanzi bake dufite mu rwanda bakora ibintu birenze ❤
This guy ntakintu nakimwe cyamubuza gu shinninga niyo mwareka kumukinira songs cg no kumutumira mubitaramo aza shinning kuko this talent siyo gupfukamira , what avoice! What a melodies! Imyandikire na physical appearance byo sinshaka kubivugaho