Karegereya la dame doit être remercier après le rendu à son mari, kuko igihe bamaranye ntabwo cyari gito kdi. yarafashe neza umugabo nubwo yaba yarafite icyo kibazo donc logiquement elle doit être remercier par ses enfants malgré la séparation. Vraiment la dame a droit kuko yafashe neza uwo musaza. Tel est mon opinion. Ikindi kdi. uwo mudamu ntabwo yashatse kumwandutse kuko yabashije gufata imiti neza alors ahungu be bakwiriye kubitekereza neza bamushimire ukuntu yabaniye papa wabo.
Wiriwe Bwana Karegeya ,ntuye Stockholm, mfite Igitekerezo ku mwana uri munsi ya 7 ans, umwana n’abane na nyina n’ubwo yashaka ariko abonane na se buri cyumweru byibuze iminsi ibiri, ibi bibaye itegeko byafasha impande zose bigafasha n’umwana, in’aha barabikora kandi tout va bien merci
Ese urumva Isheja na Pendo bahurira ku mwanya umwe. Pendo yashobora ibijyanye nibyo mu rubyuniro, ntaho Isheja we yakora aho abayobozi bakomeye bahurira
Ariko uko byagenda kose iyo wasezeranye mumategeko ya LETA nibyo byingenzi kurusha mumadini. Kumurebge mwagiyeyo tayari aba yabaye umugore cg umugabo wawe
Eeeh have have Karegeya kuzirika umugore kubera ko bafite abana. Ahubwo mushyireho abajyanama bakurikirana abo bana sino ntimwazirika abantu kubera abana sinon bazaniga abana.
Iyo metero y'uwo #Musaza iragoye, ariko niba abana be koko bafite ubwatsii(💰💵💴💸); Nibicare bige uko baremera uwo Mukecuru...; Nibyo koko ntabyo guheraho babara(nibabikore a l'amiable)!!!
Ku bushake, uwo mukecuru bamuremera, niko byumva. Bigiye mu mategeko, niba batarasezeranye, bazagabana ibyo bashakanye/bafitanye. Niba mugihe babanye nta kintu bungutse, birumvikana ko ntacyo bazagabana.
Aho ubuhanga bugeze sida imiti bakora ubu ituma ntawe icyanduza undi La maladie est bien metrisé La médecine est bien avancé Kandi naho mu Rwanda imiti yarahageze
Aho ubuhanga bugeze sida imiti bakora ubu ituma ntawe icyanduza undi La maladie est bien metrisé La médecine est bien avancé Kandi naho mu Rwanda imiti yarahageze