Mu Rwanda mwahuye n’akaga cyane. Hari abantu banze insengero kubera uburyo mwafatanije na Leta kurwanya umutimanama. Iki kintu abadivantiste bakwiriye kugisabira imbabazi. Hari bamwe babuze akazi kubera statement yatanzwe na SDA church ku bijyanye n’inkingo za covid. Mu gihe cyose SDA ikomeje guha amaboko leta mu kurwanya umutimanama, abana b’Imana bazakomeza basohoke.