Imiryango isaga 600 y’abari basigaye muri Kangondo na Kibiraro ahazwi nka Bannyahe bakomeje kwimukira mu Mudugudu w'icyitegererezo wa Busanza. Twaganiriye na bamwe mu baturage bahimukiye mbere. Camera & Editing: Richard Kwizera
@@isanoisano4459 n'Ibihugu biruta u Rwanda mubukungu bwabikoze uko nyine, uzaze SA urebe RDP bubakiye abanyagihugu babo toilet ni 1 gusa kandi n'inzu zohasi si izohejuru kuko bobo igihugu ni kinini. Mu Rwanda bubatse ndende kubera economie y'ubutaka niko mbibona.
Ariko aya mazu leta yubaka yarebye nuburyo yatanga amazu y'inguzanyo ku bayashaka azishyurwa nka kuriya kwa bourse ko abenshi bakorera n'amafaranga usanga bayatakaza cyane mu gukodesha???
Ariko ndatangaye leta y urwanda n umubyeyi. Ayo mazu ibihugu byateye imbere ninkayo mazu baha abaturage bazo bakaziriha make none mwe murahabwa izubuntu. Leta y urwanda yubahwe.
Aya ma bus anyibukije indirimbo z Inkotanyi ,ngo TURATASHY INKOTANYI Z AMARERE TURATASHY INKOTANYI Z AMARERE TWAGIRA MaJOR PAUL INKOTANYI MU BAHUNGU TURATASHYE😂😂💪
buriya nuko abanyarwanda turimo kubyirengagiza tubishaka.ndangirango mbamenyeshe ko abanyarwanda ko mu myaka 20 iri imbere abanyarwanda beshi tuzaba dutuye muri za apartements nkizo
we re not happy at all, were moved by force I wish to share the same feelings with these people behind this plan one day, one day ,one day, one day ,one day on......................................
Izo ni inkambi nk'iza Nakivala. Abo ni Abanyarwanda muhinduye impunzi mu gihugu kandi bari bitunze. Ako ni agasuzuguro gakabije. Umuntu yirambagiririza aho ashatse ntibamwimuza imbunda mu bitugu.