Iyo bavuzeko buri mugabo uteye imbere harubwo haba hari umugore baba bavuga maman we wumvise umugabo we ntabwo ari izo nzererezi mwa, Kereka inzererezi yumvise ibasha kumvira papa w’Uwo mwana wabaye umugabo kandi biragora aba Papa cyane
Ariko se dashim ko wigeze kutubwira ko ari byiza kuba umutu byoba byiza arongoye hakiri kare ni gute twabihuza nibi ngibi mugihe dusanze ko intanga ariwe muntu mugihe agiye azitakaza bimugiraho ingaruka zidasanzwe!!nsobanurira uko twabihuaza!!mugihe numva ko mugihe wigomwa numugore wawe bitanga izindi mbaraga!!!