Nta kintu kibabaje nko kubona kino cyigisho kiciyemo, kitagera ku musozo wacyo kandi ari cyiza. HARIMO UKURI KURYANA MU MATWI KABISA ARIKO GUSHOBORA GUHINDURA UBUZIMA BW'UWAGUHA AGACIRO KACYO
Ngo nta mugore mwiza ubaho ngo umugabo ni we uba mwiza bigatuma n'umugore aba mwiza ariko mpise nibaza niba bishoboka ko umugabo yaba mwiza kugeza ku rwego byazahindura umugore wifitemo uburyarya, wifitemo ubugare, ujagaraye mu mutwe bigatuma nta kintu na kimwe kiba mu mwanya wacyo, wifitemo ubunebwe kandi akaba umuryi w'iraha, ufata ibyemezo uko abyumva nta nama akenera ku mugabo, utagira ubwo agira igitekerezo na kimwe yungura umugabo, wifitemo ubwirasi n'agasuzuguro, wifitemo kuzimura nta jambo na rimwe rimuregamamo, wifitemo kuganira abandi no kubanegura. Ese koko birashoboka? Biramutse binashobotse ntabwo yaba ari umuntu yaba ari Yesu ariko na we byaramunaniye ntabwo ziriya ngeso abagore bazifite barazicikaho bose
Ni bibi shaa Ni uko nyine ngo ubuze uko agira agwa neza, nta kundi aba yabigenza ariko si ko Imana yabiteganyije. Abarengeje imyaka 35 bose kuri face book no kuri whatsapp hari groupe yitwa UMUHUZA COMMON VISION INITIATIVE bahuriramo bakahamenyanira bakaganira bakamenyerana abazabona bahuje hakavuka urukundo hagati yabo bakubaka urwabo hakurikijwe gahunda y'Imana