Nisawa,gusengera umuntu nibazako ar ibwirizwa riva Ku Mana data ??Hama ivyo ducamwo navyo Niko Imana yabigomvye kandi ntawuhindura umugambi wayo kubo yaremye,ikindi naco ivyo ducamwo ni rusangi twese tubicamwo
Reka abasengera hamwe basenge Imana ni ibwirizwa ry,Imana kandi ababikora bibafitiye akamaro ntangere.nawe uvuze ukuri ngo Uri hanze Uri hanze nyene.Yezu nadukomeze mu bisabisho vyacu
Bite se? Komera cyane? Nonese kuri iyi abantu bose abatuye iyi isi tugira ibibazo bitandukanye? Ese abanyafrica bo badasenga Imana kandi baba aho muri African bizagenda gute? Ese ni dusanga dusenga imana itariyo
Komera cyawe, iyo wumva inzu y imana wumva iyihe? Jyewe inzu y Imana ni wowe ni jyewe ni buri muntu wese, ibana iba muri wowe. Amadini ataraza mu rwanda imana yabahaho
Bite se? Komera kandi, Ikibazo si kuva kumana, imana barayemera ariko icyo bamenye ni uko Imana itaba mu nsengero iki nicyo tugomba kumenya ibyo bigirwamana na za shitani ntabwo bibaho ubwo ni ubwoba mwatewe n amadini yuko ni mwanga kujya kubaha amaturo Imana izabahana.
Bite? Amapagani nta babaho, ibyo nibyo missionary baje baratubesya. Imana ntabwo iba munsengero. Kuki wumva ko batagira byose, aho niho batubesyeye. Bati ba umukene ari uzajya mu ijuru.
Bite se? Kuki bitashoboka ikintu special kihaba ni iki kitaba ahandi. Imana ibera hose icyarimwe kugirango ubuzima bugende. Amadini yasyizweho ni imana za abantu kuko ni menshi cyane. Reka twubahane mu myumvire yacu itandukanye.
Bite se? Ijambo ryi Imana ni ijambo riva muri wowe, injiji nazo ni abana bi Imana nkawe, kuyoba ntabwo ari bibi, Kuko ubuzima burakomeza, Kuko uko imyumvire yawe ikibwira ni byo wumva ko ari ukuri, igihe kirageze cyo kuganira ukuri hari inzira nyinshi z ubuzima. Guterana ntaho bihurira ni Imana
1 Kor 1:21,30 [21]Kuko ubwo ubwenge bw'Imana bwategetse ko ab'isi badaheshwa kumenya Imana n'ubwenge bw'isi, Imana yishimiye gukirisha abayizera ubupfu bw'ibibwirizwa. [30]Ni yo ibaha kuba muri Kristo Yesu waduhindukiye ubwenge buva ku Mana, no gukiranuka no kwezwa no gucungurwa,
Bite se? Iminsi yanyuma se uyibara uhereyehehe? Gufukama usenga uzamura, amaboko mukirere, bitandukaniyehe no kuraguza reka twige Uwakubwiye kuraguza ko Ari bibi ninde ko tutigeze tubigerageza
Bite se? Webuke ko amasengero aribo bayazanye mu rwanda. Imana ntiwasabana nayo aho uri hose, Kuko imana iba hose. Imana se uyigometse ho ukanga kujya mu missa hari icyo biyitwaye.
@@Hajeloni ikibazo ni nde ugira inyungu kujya gusenga ku cyumweru? Ni Pasteur na padiri binjiza amaturo. Aha ni kumenya ko ushobora kwisengera Imana nawe ikagufasha utagiye mu kiriziya ku cyumweru. Ntabwo Imana bayibagiwe kuko barabizi niyo ibaha ibintu byose
Bite se? Aha ni kuganira mu kinyabufura wangu, ntakintu Kinanirana, twese. Dusenga. Ahubwo ikabazo ni ngobwa kujya musengero wasegeye iwawe ko naho hari Imana. Kuki ukenera ugusengera Koko. Ese akurusha iki?
Umwuka wera akugenderere kuko ibyo bavuga ko Ari amahoro nibyo Roma yarifite na Babylon ariko byose byarasenyutse ariko izina Yesu riracyaganjye wikwanduzwa nabanyamahanga mu mwuka Yesu akugenderere akubature
Amahoro aba mu muntu, umwuka wera uduhoramo wasenga Cg utasenga. Abo dukomokaho babayeho mu mahoro ntibigeze bamenya yesu kugirango babeho turiho kuberabo. Umwuka wera watubayemo mbere y amadini ko aza mu rwanda