Тёмный

Muri Australia Abazungu barekuye ubu Christu na amadini. Impamvu ni Iyihe?  

Ndizeye Rubasha
Подписаться 2,4 тыс.
Просмотров 29 тыс.
50% 1

Abazungu bari kuva mu madini no kureka ubu christu, ariko ugasanga abirabura cyane abanyafrika byabyitabira cyane
Aha impamvu yaba ari iyi he?

Опубликовано:

 

8 сен 2024

Поделиться:

Ссылка:

Скачать:

Готовим ссылку...

Добавить в:

Мой плейлист
Посмотреть позже
Комментарии : 375   
@IBISUSADIVERSE
@IBISUSADIVERSE 10 дней назад
Urakoze cyane kutugeza ho amakuru meza
@uwimanajoyce5760
@uwimanajoyce5760 Месяц назад
Yes,Imana Ibera hose icyarimwe ariko guterana Kwera ni ngombwa nkuko ijambo ryImana ribitubwira
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
Bite se? Guterana kwera ni ibyi amadini, imana iba muri wowe nta materaniro ikenera. Amadini atarazase bateraniraga hehe
@principatus-z7o
@principatus-z7o 20 дней назад
Yego rata
@user-wj1wc9fe7q
@user-wj1wc9fe7q 4 дня назад
Byose bitangwa n Imana..Imana yabwiye Abayisrheli ati mujye muza guhimbaza izina lyange..umunsi W Imana tugomba kuyisanga tukayisenga
@Nrubasha
@Nrubasha 3 дня назад
Bite se? Imana ntaho uyusinga iba muri wowe mu ntekerezo yawe, ugomba kuyihimbaza buri gitondo ubyutse ibyo ugiyemo buri munsi, mu nzozi zawe uri kumwe nayo ahantu hose.
@cyuzuzopatrick934
@cyuzuzopatrick934 8 дней назад
Imana ishimwe ko ari imyumvire yawe dear. Erega Ibyo twibwira sibyo Imana yibwira kuko imitekerereze yacu iri hasi cyane ku Mana. Ni nka gatonyanga mu nyanja. Rero Iyo watakaje ubusabane n'Imana nta kindi bibyara uretse gutekereza nkawe, nuko wibwira, ikindi ushaka ibyo ushaka nkuko ushaka kandi icyo ushatse uragikora naho icyo ukeneye ukakiha. Guterana kwera ni ngombwa kuko ari itegeko ry'Imana. (Hebrews 10:23-25)
@Nrubasha
@Nrubasha 8 дней назад
Bite se? Urakoze cyane ariko rero guterana ntabwo ari itekegeko ry Imana. Ni itegeko rya amadini, kugirango mubahe amaturo.
@KazadiEric-cv9lk
@KazadiEric-cv9lk 14 дней назад
Tuzayikenera uko byagenda kose kd turanayikeneye cyane kd turanayifite kd turanayikeneye nubu nonaha ntago aribintu byinzagihe ark abahagarariye amadini amwe namwe birirwa babirishisha biba abantu so kwirirwa muriziriya sengero rero sibyo bisobanura ubumuntu
@ViateurKwizera-gk2pm
@ViateurKwizera-gk2pm Месяц назад
Muzehe nimba warizeye Imana vyukuri,ndagu conseilla gukora prière personnelle bizobafasha cane,kuko ayomasengero azokugwaho mugabo Imana yamyeho,iriho,kandi izokwamaho.ndabakunda❤
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
Bite se? Nshuti kugeza Aya magingo Imana yatweretse byinshi ibyiza ni ibibi byose ubicamo hanyuma igihe cya buri muntu kikagera wasenga utasenga duca mu bibazo bimwe. Ntawe usengera undi. Ntukifurize undi ikibi
@ViateurKwizera-gk2pm
@ViateurKwizera-gk2pm Месяц назад
Nisawa,gusengera umuntu nibazako ar ibwirizwa riva Ku Mana data ??Hama ivyo ducamwo navyo Niko Imana yabigomvye kandi ntawuhindura umugambi wayo kubo yaremye,ikindi naco ivyo ducamwo ni rusangi twese tubicamwo
@jeandamascenedukuzumuremyi5062
@jeandamascenedukuzumuremyi5062 19 дней назад
Gabanya ibyo bigambo rero kuko uwavuzengo Aho 2 cg 3 bateraniye mu izina ryanjye mba ndi hagati yabo.reka rero abahura ngo basengere hamwe babikomeze kuko bafite impamvu zibibatera sinibaza rero icyo bikubangamiyeho kuburyo washishikariza abantu kubireka .ababiretse nabo ni uburenganzira bwabo.ibindi ni ibigambo.
@nessy8529
@nessy8529 10 дней назад
Niko biri, iyo hari ubukene abantu bagungira mu madini kurondera Imana. Iyo ubekene bugabanutse bibera mu nyishu
@ritankunzimana
@ritankunzimana 10 дней назад
Reka abasengera hamwe basenge Imana ni ibwirizwa ry,Imana kandi ababikora bibafitiye akamaro ntangere.nawe uvuze ukuri ngo Uri hanze Uri hanze nyene.Yezu nadukomeze mu bisabisho vyacu
@fideleukobizaba9533
@fideleukobizaba9533 Месяц назад
Urakoze muvandimwe kutujijura. Abantu benshi cyane cyane Abanyafurika baracyari mubujiji.
@Nrubasha
@Nrubasha 29 дней назад
Asante
@gilbertos9
@gilbertos9 11 дней назад
Uko ubutunzi n'ubwenge bw'Isi bwiyongera niko UMURENGWE wiyongera mu mwana w'umuntu Dore urutonde rugize ibyaha by'umurengwe: Kwimura Imana Ubusambanyi Ubusinzi... Mube maso musenge tutajya mu moshya Murakoze
@Nrubasha
@Nrubasha 11 дней назад
Bite se? Ibyo byose ni ubuzima, amadini yakwigishije kubyita imurengwe, twese tugenda kimwe wabikora utabikora. Imana idukunda twese.
@BlessedOneTv7814
@BlessedOneTv7814 Месяц назад
Yego Imana iba muri twe cyane
@innocentzao620
@innocentzao620 27 дней назад
Ubuse icyo wita ubuzima bwiza namafarnga,inzu cg ibyokurya 😢uzababaze ibibazo bafite nama depression bafite cg umubare wabiyahura ...kuko umwami yesu aduha amahoro adatangwa niyisi kandi itorero rya kristo rigomba guhagarara igihe cose kuko niwo muco wisi isi aho irikugana amaherezo muzahungira munsengero kuko niho harubukiriro
@Nrubasha
@Nrubasha 27 дней назад
Bite se? Komera cyane? Nonese kuri iyi abantu bose abatuye iyi isi tugira ibibazo bitandukanye? Ese abanyafrica bo badasenga Imana kandi baba aho muri African bizagenda gute? Ese ni dusanga dusenga imana itariyo
@amahirweisrael
@amahirweisrael 25 дней назад
Ntago azi ibyo arimo kuvuga rwose uriya nawe nigisitaza ndabivuze rwose peee
@MbonyiUpdates
@MbonyiUpdates 18 дней назад
Basogokuru ntarusengero bajyagamo ,nibizanano ibyo
@Maminick
@Maminick 8 дней назад
Yes of course lmana ntiba munzu zubatswe nabana nabantu ituye muli twe iratwegereye
@MbonyiUpdates
@MbonyiUpdates 7 дней назад
@@Maminick uvuze neza cyane, Kandi uretse nurusengero ntaho ihuriye namadini Yashyizweho nabantu,bayivuga uko bishakiye
@bishopapollinairem.gakombeoffi
@bishopapollinairem.gakombeoffi Месяц назад
Zaburi 119:11 BYSB Share "Nabikiye ijambo ryawe mu mutima wanjye, Kugira ngo ntagucumuraho." Dore Ijambo wagombye kubiba mu bantu muvandimwe,naho ibyo bindi nta gaciro,Insengero iwacu biracyemewe ko tuziteraniramo,igihe cy'akarengane k'Itorero ntikiragera.wishaka gukangurira ababishinzwe kugira ngo bumve ko ntacyo zimaze,twe tuzi icyo zitumariye.
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
Bite se? Yego ugomba kwirinda gucumura kuko byangiza ubuzima bwawe. Igihe kirageze cyo kumenya ko hari ubundi buzima budashingiye ku nsengero kandi bwiza ni guhindura imyumvire umuntu bagahitamo.
@uhorakeyeemma3521
@uhorakeyeemma3521 27 дней назад
Mwarayobye nabi cyane! Icyo wowe nabo mwita ubuzima bwiza ni iki? Ushobora gutunga byinshi ariko ukabura icy' ingenzi.
@Nrubasha
@Nrubasha 26 дней назад
Bite se? Nta kiremwa muntu kiyoba inzira yacu ni imwe, muri byose insengero ntacyo ziguha ari ibyi ingenzi ni ibindi byose. Imana niyo itanga byose kandi ntabwo ibiguha kuko wagiye gusenga
@niyobryanamstrong8855
@niyobryanamstrong8855 Месяц назад
Kwimura Imana nibyo biri kubaho kandi abakobwa bari gusinzira
@Rodriguez-250
@Rodriguez-250 Месяц назад
Ubuzima bavuga buva mu inzu y'Imana si ubwo mu isi. Ni ubwi inyuma y'ubu buzima tuba mo.
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
Komera cyawe, iyo wumva inzu y imana wumva iyihe? Jyewe inzu y Imana ni wowe ni jyewe ni buri muntu wese, ibana iba muri wowe. Amadini ataraza mu rwanda imana yabahaho
@enockmanoah1636
@enockmanoah1636 15 дней назад
Ikibazo nuko Twe Abanyafurika dushaka gukopera byose Kubazungu. Ubu barikuva kumana, None murashaka kuvugako Ari ibigezweho kd bikwiriye🤔 ikindi Imana dusenga siyabazungu pii ark data watwese. Mbibutseko Ahantu henshi Hagiye haba impinduka mw'iterambere ubushakashatsi namateka byerekana ko Arahantu hageze ububyutse Abantu bakiha kristu, bavuye mugutsikamirwa ni migenzo yibigirwamana nibindi. So, jesus is the film found❤. Turabo yeremye Kd ibyaremwe byose byaremewe we. Abakorosayi 1:16
@Nrubasha
@Nrubasha 14 дней назад
Bite se? Komera kandi, Ikibazo si kuva kumana, imana barayemera ariko icyo bamenye ni uko Imana itaba mu nsengero iki nicyo tugomba kumenya ibyo bigirwamana na za shitani ntabwo bibaho ubwo ni ubwoba mwatewe n amadini yuko ni mwanga kujya kubaha amaturo Imana izabahana.
@wivetv7867
@wivetv7867 Месяц назад
Love from wive tv
@GatoranoErnestino
@GatoranoErnestino 15 дней назад
Imana tuzayikenera uko byagenda kose nimuyikomezeho.Mureke ibyo mwishingikirizaho.
@Nrubasha
@Nrubasha 14 дней назад
Bite se? Imana ntawayireka kuko turi Imana, Imana ibana natwe, icyo tugomba kureka n amadini. Itandukanye amadini no gusenga Imana
@alianemusabyemariya9488
@alianemusabyemariya9488 14 дней назад
Muri Africa hari isengesho dusenga ngo Mana uduhe ibyo kurya by'uyu munsi ariko muri Australia nta muntu wasenga gutyo kuko nta kibazo k'ibiryo bafite
@Nrubasha
@Nrubasha 14 дней назад
Bite se? Ikibazo k inzara kiba hose, aho kujya mukiriziya gusenga bafata umwanya wo kujya gushakisha kandi bakabibona batagiye munsengero, kuko munsero ujya guta umwanya kandi hari aho washakisha ukabibona. Uzi ibiryo abapadiri na ba pasteri barya ugereranije ni byo abayoboke babo barya? Kandi Ari mwe mwatanze amaturo
@user-wj1wc9fe7q
@user-wj1wc9fe7q 4 дня назад
Abazungu badukuye Kwa shitani lyagombe
@Nrubasha
@Nrubasha 3 дня назад
Bite se? Nta shitani ubaho, shitani ni ibitekerezo bibi umuntu abafite mu ntekerezoye iyo ubikuyemo uba Imana
@ukuntusataniarigukora.8482
@ukuntusataniarigukora.8482 Месяц назад
Nowa abwirwa gukora ubwato Imana yamubonye agororotse imutuma kuburira abantu ariko abantu babibonye ko ataco bimaze ariko umwuzure ushitse boga bazakubwira Nowa ngwabugururire akibaburira bakabyanka.
@bukuruadronis4250
@bukuruadronis4250 12 дней назад
Nimurondere UWITEKA IMANA bigishoka kwabonwa . Mushake lmana pe.
@Nrubasha
@Nrubasha 11 дней назад
Bite se? Imana ibana natwe Imana iba muri twe twabwo tuyishakisha, aho niho batubesyeye, nta mana iba mu nsengero
@beatriceuwimana3571
@beatriceuwimana3571 Месяц назад
😢😢😢
@dushimimanasimeon7782
@dushimimanasimeon7782 22 дня назад
Ndumva ushaka kwigisha ubupagani,ariko stop it now,ndifuza ko twajya tuvugana nkaguhugura kuri icyo kintu wibaza,ubuzima bwiza sukugira amafaranga,ubuzima bwiza n'ukugira Imana ikaguha umugisha nkayo mafaranga ariko ikakurinda imibabaro mu buzima bwawe
@Nrubasha
@Nrubasha 22 дня назад
Bite? Amapagani nta babaho, ibyo nibyo missionary baje baratubesya. Imana ntabwo iba munsengero. Kuki wumva ko batagira byose, aho niho batubesyeye. Bati ba umukene ari uzajya mu ijuru.
@wisedream_pro785
@wisedream_pro785 Месяц назад
Nuko Ibyo Bigisha Ari Ubuyoboye Nogushaka indonke ikindi ukuri kwaragaragaye!. Imana ntabwo iba Munsengero !
@uwimbabaziesperance8478
@uwimbabaziesperance8478 Месяц назад
Tugomba guhimbaza IMANA turihamwe,ntabwo tuzahurira munzira gusa ngo tuyihimbaze,ahubwo waragowe tu
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
Bite se? Kugorwa nabwo ni ubuzima buri munsi wese abicamo, nagogarwa cyane nta umwanya wajye ntanga amaturo yajye buri cyumweru. Ariko rero ubu ni Sawa cyane kuko nsengera aho ndi hose, imana ibana na buri muntu wese kuri iyi isi turangana
@wisedream_pro785
@wisedream_pro785 Месяц назад
Wowe utarumva neza ko insengero Ari scam uracyarandagira . Nutabaho neza ukiriho ntuzategereze kubaho neza ukundi!
@gilberthabanabakize9981
@gilberthabanabakize9981 Месяц назад
Uravuga ukuri, ntitukiregagize guterana kwera
@MuringaJunior
@MuringaJunior 29 дней назад
Ubujiji nibwiza kandi iyo umuntu afite ibyo arya yibagirwako inzara iryana
@user-cg8pz5cc7e
@user-cg8pz5cc7e Месяц назад
dore ubuyobe., kumyaka yawe wize ubusa pe! True comment.
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
Bite se? Ubuyobe nabwo ni ubuzima, ubusa nabwo bugira isomo rikomeye, Kuko abaswa na abahanga bose ni abana bi imana ntaho dutandukaniye. Nawe ni ukura uzahindura imyumvire yawe
@fideleukobizaba9533
@fideleukobizaba9533 Месяц назад
Kuko akubwije ukuri ni yo mpamvu wemeza ko yigiye ubusa?
@user-cg8pz5cc7e
@user-cg8pz5cc7e Месяц назад
@@fideleukobizaba9533 ntakuri kumurimo
@ukuntusataniarigukora.8482
@ukuntusataniarigukora.8482 Месяц назад
Natwe niko bozoba kuko Yesu atuburira kenshi ariko abantu twiruka nivyisi buca bisigara ngaha mwisi.
@damascenenteziyaremye7797
@damascenenteziyaremye7797 27 дней назад
Urusengero ni umutima w'umuntu kugiti cye,
@mugabutsinzejean3218
@mugabutsinzejean3218 Месяц назад
Imana iha ahotuba turi hose
@Mukarusagara
@Mukarusagara Месяц назад
Abantu barambiwe kubeshwa
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
Ariko rero hari bamwe batamyumva batamashaka guhindura imyumvire yabo.
@rurangwaJean-q9i
@rurangwaJean-q9i 24 дня назад
Bamenye ukuri
@jeandamascenedukuzumuremyi5062
@jeandamascenedukuzumuremyi5062 19 дней назад
Uwakugize umuvugizi w'abirabura genda abe ari we uha iyo rapport
@Nrubasha
@Nrubasha 18 дней назад
Bite se? Nizereko utarakaye, buri kiremwa muntu gifite uburenganzira busesuye ku bitekerezo bye, ndi umuvugizi wajye ni intekerezo yajye ndi umwirabura kuko Imana iduha icyo ishaka
@emmanuelrwibutso6491
@emmanuelrwibutso6491 Месяц назад
Mumenye ko uko abantu bacika mu Rusengero niko bibagirwa ko Imana yabaremye ngo bayubahe, bakihimbira ibindi bubaha nkabo mugihe cyo kwa Nowa Bumvaga ki ibyo Nowa avuga bidashoboka, ariko bifuje kumwumva igihe bahawe cy'imbabazi cyabarangiranye, Mwirinde Umuremye wacu.atazaduhana atuziza kutayiramya,KUKO UMUNTU WESE AKORA IKINTU AKITEZEHO UMUMARO, Nawe Imana yaturemye ngo TUYIRAMYE
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
@@emmanuelrwibutso6491 Biterwa ni uwatwigishije, kuko abantu beshi babaho ntabwo bazi insengero, kumenya Imana aho uri hose Imana iba ihari kugirango ubuzima bwawe buhumeke ni uko Imana ikubamo wajye mu nsengero cg utajyamo. Iyo Imana ikuvuyemo uba ufpuye ubuzima bwawe buba burangiye.
@SmithMucyowukuri
@SmithMucyowukuri Месяц назад
Ba Nyir'insengero nibubahirize ibyo basabwa n'ubutegetsi bubahagarariye nkuko babutoye, hanyuma bahabwe umudendezo mu mirimo yabo niba ari impuhwe mufitiye intama ngo zitazayoba
@KaremeraBaptiste
@KaremeraBaptiste 20 дней назад
Bagizubwenge bwinshi
@innocent4485
@innocent4485 Месяц назад
Nibyo koko uravuga ukuri
@emmanuelrwibutso6491
@emmanuelrwibutso6491 Месяц назад
Abaheburayo 10:25 Twe kwirengagiza guteranira hamwe nk'uko bamwe bajya bagira, ahubwo duhugurane kandi uko mubonye urya munsi wegera, mube ari ko murushaho kugenza mutyo.
@ibyobibwira
@ibyobibwira Месяц назад
Guteranira hamwe bitandukanye no kuyoboka idini
@dieudonnekayobera933
@dieudonnekayobera933 Месяц назад
Uyo murongo usigura neza ko dutegerezwa kwumvirana; UMUSI-ISAHA -IKIBANZA ,..... Vyose tubitegurane hamwe kuko twese dufise Mpwemu Yera! Apana umuntu 1 cank 2 , kudupangira ikintu cose ngo nibo bafise Mpwemu Yera gusa. Uno Musi muma dini bimeze uko, ntaco uvuga , winjira ugasohoka ataco uvuze cank ubajije. NdashimirImana kuko twebw iwacu mu Burundi twabitahuye Kera cane. Imana Iba mu mitima yacu! Nitwe turi Urusengero Rw,Imana.
@christiantv1829
@christiantv1829 Месяц назад
Bamenye ukuri mubareke kuko Imana ntuba murusengero Imana iba muri christo iyo umwizeye uba uri mu Mana
@dushimimanasimeon7782
@dushimimanasimeon7782 22 дня назад
Muvandimwe waramutseho!,icyibazo ufite cyo kuba abazungu bahunga insengero,n'ikintu kibi cyane kandi bazakicuza nyuma(anytime they will regret)Imana operation hose I yarimwe kandi iyi minority yacu n'isengero z'Uwiteka,ariko ibyo ntibikuraho Isabato cyangwa guhura these on Sunday tukagira iteraniro ryera duhuriyeho these,kuba abazungu baragize umurengwe bakareka Imana,nabo haringorane bahura nazo nubwo bataziha agaciro
@Nrubasha
@Nrubasha 22 дня назад
Komera cyane bayabayemo babona ntacyo abahezaho, tuyasigayemo kandi Ntacyo tugeraho dutegereje ko imana izabahana? Ingorane se bagira twebwe tutagira ni izihe?
@Ubukristobwukuri777
@Ubukristobwukuri777 28 дней назад
Nta mission bafite ,nta Rukundo rwa Kristo bafite,bazijyagamo bagiye gushaka ibigirwamana byamafranga
@Nrubasha
@Nrubasha 28 дней назад
Bite se? Ibigirwamana bya amafranga se bibaho? Urukundo rwa kristu se, wamenya aho ruba?
@nyirambarushimanaclementin9723
@nyirambarushimanaclementin9723 Месяц назад
Muraho neza ngewe hari icyo maze kumenya nubwo insengero sizo ziduhuza ni Mana pe icyicyintu uvuze urakoze cyane maze iminsi mbitecyerezaho nsanga akeshi nta musaruro bitanga nubwo ndi hano muri africa ariko ndemeranya nawe ijana kwijana abanyafurica twarayobye
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
Ariko rero niyo mpamvu tugomba, gutangira tugashishoza, tukibohora
@muhireolivier7856
@muhireolivier7856 Месяц назад
Nshimishijwe nawe rwose! Kuko mubantu batanze ibitekerezo hano, ni wowe usa n'ushaka gusobanukirwa ukuri!!!
@NtamunozaStephanie
@NtamunozaStephanie 23 дня назад
Imana yacu tuyisengera mu Christ yesu mo imbere bityo tugashyira imbere ibyo umwuka ararikiye kurusha ibyumubiri.Uko ni ukuri kwIjambo ryImana yanjye.
@Nrubasha
@Nrubasha 22 дня назад
Komera cyane, turi kumwe Imana yacu ni imwe Iyi umwuka ni Iyi umubiri. Tubana nayo iba mu mubiri wacu turi ingoro y imana
@Alex-cb4rt
@Alex-cb4rt 17 дней назад
Ubugoryi bwo kwirirwa mu nsengero ni ibyabanyafrika bagihumye
@ConstanceUmuhoza-ht8li
@ConstanceUmuhoza-ht8li 27 дней назад
Kwinjira munsengero ntacyobihungabanya umuyoboke
@Nrubasha
@Nrubasha 26 дней назад
Bite se? Cyane ntawe ni ubrenganzira bwari buri muntu
@nahayoamiel7385
@nahayoamiel7385 Месяц назад
2Gutegeka kwa kabili 20:5-6 mwumve igihe Abisirael bimuraga Imana bakayitera umugongo .niho isi yanone igeze bazibuka ko Imana ibaho nibagera mukaga !
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
Imana ihorana natwe akaga tugacamo igihe kigagera kakarangira. Imana ibana natwe ni kuva muri ubwo bwoba mwatewe n amadini. Imana idukunda twese nta mite go idutega
@wisedream_pro785
@wisedream_pro785 Месяц назад
Kwanditswe nande c? Haha impumyi gusa !!
@ibyimanimpayeedisson9365
@ibyimanimpayeedisson9365 28 дней назад
Amadini ni ngombwa nta madini no kubaha Imana ntibyashoboka, kuko Imana nayo yashyizeho idini ishyiraho n'abayobozi baryo. none uravuga iki? itonde kuko abo basogokuruza nabo bahuriraga mu idini. naho iyo mana yirirwa ahandi igataha i rwanda ntabwo ari Imana kuko Imana ibera hose icyarimwe.
@Nrubasha
@Nrubasha 27 дней назад
Bite se? Kuki bitashoboka ikintu special kihaba ni iki kitaba ahandi. Imana ibera hose icyarimwe kugirango ubuzima bugende. Amadini yasyizweho ni imana za abantu kuko ni menshi cyane. Reka twubahane mu myumvire yacu itandukanye.
@Ubukristobwukuri777
@Ubukristobwukuri777 28 дней назад
Wowe se ukora iki mu Bukristo?ubundi se Imana iba mu nzu.Ahubwo mumutima wawe ufite Imana?
@Nrubasha
@Nrubasha 28 дней назад
Bite se? Twese abantu umubiri wacu ukora kimwe, waba uri umukristu, umwisilamu, umuzungu, amaraso yacu ni imitima yacu itera. Icyo dutandukanirje aha ni imyumvire yacu, Kuko rero tudahije imyumvire y uko ubona cy wumva Imana bituma turakara kandi ataribyo
@NtakirutimanaEulade
@NtakirutimanaEulade 9 дней назад
Niko uko barikujya mu idini rimwe democratic
@emmanuelrwibutso6491
@emmanuelrwibutso6491 Месяц назад
ibyo uvuga simbihakanye abantu bashobora gusenga batagiye mu Rusengero, ariko Mumenye ko iryo Terambere uvuga n'ibindi byiza byose uvuga byaturutse mu Mugisha bahawe n'Imana kd barasengaga, Ntago bivuze ko Gusenga muri Hamwe ari Bibi rwose, ikibi ni ukubura ubwenge ugahera mu Rusengero iminsi yose
@NaradaKigali
@NaradaKigali 22 дня назад
Hello
@Nrubasha
@Nrubasha 22 дня назад
Bite se?
@ngabojuvenal8884
@ngabojuvenal8884 24 дня назад
Uyu muvandimwe nintumwa ya wamumarayika wavumwe
@Nrubasha
@Nrubasha 24 дня назад
Bite se? Nta ntumwa ibaho buri wese aza wenyine kandi akagenda wenyine. Amadini ni gutera ubwoba mu mitima y abana ba nyarwanda.
@user-fm3fz8ki6w
@user-fm3fz8ki6w 24 дня назад
Insengero singombwa
@abewe7175
@abewe7175 Месяц назад
Ntimuziko muri utumana futo! bImana nkuru iri muri mwe! Muganire nayo mu mitima yanyu
@sbupdates5305
@sbupdates5305 13 дней назад
😢 Birabaje pe!?
@KOMEZUBUTWARI
@KOMEZUBUTWARI Месяц назад
Ubwose😂
@emmanuelntawuhigimana7152
@emmanuelntawuhigimana7152 Месяц назад
Bamaze kwisobanukirwa bamenye ko amadini atubura !kutajya mu nyubako zitwa insengero ntibivuga kudasenga Imana
@MuringaJunior
@MuringaJunior 29 дней назад
Iyo umuntu ashize impumu yibagirwa icyamwirukansaga muribagiwe murahaze
@Nrubasha
@Nrubasha 28 дней назад
Bite se? Nta muntu uhaga kuri iyi isi, impumu, zihoraho. Aha ni guhindura imyumvire yawe. Ibyo uzi wabyigishijwe nande?
@user-ii6wu1vt6d
@user-ii6wu1vt6d 23 дня назад
Sha ubwo ni ubuyobe kbsa ese ibaze nawe umuntu w'umugabo ubereyeho kurya no kumywa ukaryama nk'ihene😢🙀
@Nrubasha
@Nrubasha 23 дня назад
@@user-ii6wu1vt6d Bite se? Ntibyorosye iyo wamenyere ugakurira mu binyoma imyumvire yawe iyo yumvise ibindi ihita irakara ariko rero bizafata igihe, intekerezo yawe yumve, ubwo ni imbuto nateye mu ntekerezo yawe. Nari nkawe kabisa
@bugingojeanbaptiste2154
@bugingojeanbaptiste2154 27 дней назад
Muri Africa dusenga IMANA kandi tuyikomeyeho ibyo bihugu byitwa ngo byateye imbere byanze gusenga IMANA.None Shitani yarabyigaruriye amaherezo izabisenya.kubaho udasenga ni ugusenyuka.Ibyo twita ubujiji imbere y'Imana ni ubwenge.Ibyo twita ubwenge bw'isi ni ubujiji imbere y'Imana.Abibeshya ko gusenga ari uguta igihe bazifuza gusenga Imana bitagishobotse.
@Nrubasha
@Nrubasha 27 дней назад
Bite se? Urakoze cyane nonese uzite uko usenga kwawe aribwo buryo bwa nyabwo? Imana no gutera imbere mu majyambere hari aho bihurira? Ese dusanze muri africa ahubwo dusenga Imana itariyo kuko abazungu nibo batuzaniye ayo madini ntibaba baratubesye
@user-oz4ff6jc5g
@user-oz4ff6jc5g 26 дней назад
Muzehe ibyo umvuga mubwege bisi buturuka kuri satani ushaka kukurimura Imana iramvuga ngo urabikora nkakwihorera uragirango mpanye nawe ariko izabigushira imbere byose usome 1ABAKORINTO 1:18-25 ubwege bwisi nubupfu kumana ntubushobora nakuyimenya ariko kubahamagawe ni mbaraga
@Nrubasha
@Nrubasha 26 дней назад
Bite se? Hari imana imwe gusa, idukunda twese kimwe ikaba muri buri muntu, dufite inzira imwe twese kimwe. Iyo shitani uvuga yazanywe na amadini yo gukora adutera ubwo, cyane cyane aba kristu nitwe dukunda kuvuga shitani. Kuri iyi isi hariho ubuzima, nta shitani ibaho ibyago byose ducamo ni inzira y ubuzima
@user-hk1dz8de2x
@user-hk1dz8de2x Месяц назад
Arikose nibiki urimo! Uzi yuko utigeze umenya ijambo ryayo nayo !.Uziyuko urimokuyobya abantu! checheka mwizina rya Yesu, Ubujiji bwawe bwo kutayimenya urashaka kubukwirakwiza isi yose ! Abuzayobya uzababazwa Guterana :abaheburayo 10;25 1 abanyekorinto 11;18 1timoteo 3;5 1abanyekorinto 14;26 Ese wibwirako duhuzwa nibibazo munsengero ? sha urinjiji mubyumwuka ""wogakizwa we"" Ndagusabira ngo Yesu akwihishurire ,luka 10;22 naho ubundi urimo urakorera ubwami bwa satani ,thx
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
Bite se? Ijambo ryi Imana ni ijambo riva muri wowe, injiji nazo ni abana bi Imana nkawe, kuyoba ntabwo ari bibi, Kuko ubuzima burakomeza, Kuko uko imyumvire yawe ikibwira ni byo wumva ko ari ukuri, igihe kirageze cyo kuganira ukuri hari inzira nyinshi z ubuzima. Guterana ntaho bihurira ni Imana
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
Nta satani ibaho, habaho imana gusa. Satani ziba mu materaniro gusa, naho munzira y imana nta satani ihaba
@user-hk1dz8de2x
@user-hk1dz8de2x Месяц назад
@@Nrubasha igikenya nticyumva ihooni ""reka tugusengere gusa Imana ikugirire neza ""maskini wabaye ""affected"" mubyumwuka(umwuka ukurimo nuwa antikristo) Erega satani uwo ukorera ntabihembo byiza agira ahubwo aragushukashuka kugirango muzabane igehinom""thx
@user-hk1dz8de2x
@user-hk1dz8de2x Месяц назад
@@Nrubasha Erega iyo ikurimo niyo ,reka kwigora uyishakira ahandi.Urarwanya ibyanditswe byera nta soni ufite!
@nsabimanaemmanuel5282
@nsabimanaemmanuel5282 22 дня назад
Abanyareanda nukwirirwa barogana gusa, utagiye mu rusengero baguhinahina, abarozi
@rutaroemmanuel-db3ur
@rutaroemmanuel-db3ur Месяц назад
Ahubwo ikindi kubera bahora bari bys cyane bibakamuramo gusenga none ubwo namwe muzagirango nubuhanga
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
Komera cyane, nta muntu ureka gusenga nsenga buri munsi ntabwo ntegereza ku cyumweru ngo jye kureba imana mu kiriziya imana iri hose ni imwe ibana natwe tubugana nayo buri munsi. Bitekerezeho ibyo nkubwiye
@kimararungufaustin3264
@kimararungufaustin3264 Месяц назад
1 Kor 1:21,30 [21]Kuko ubwo ubwenge bw'Imana bwategetse ko ab'isi badaheshwa kumenya Imana n'ubwenge bw'isi, Imana yishimiye gukirisha abayizera ubupfu bw'ibibwirizwa. [30]Ni yo ibaha kuba muri Kristo Yesu waduhindukiye ubwenge buva ku Mana, no gukiranuka no kwezwa no gucungurwa,
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
Ni imana yacu ni Imana y urukundo itatunaniza idukunda. Ibyo rero bindi mubabo nibyo amadini yabasyizemo mudasobanukiwe
@nahayoamiel7385
@nahayoamiel7385 Месяц назад
2 Guteka kwakabili 20: 9 naho muhasome abemera nabatemera ,ntajambo rishya munsi y'ijuru kandi ntacyabaye kera kitazongera ngo kibeho ,kwirengagiza cg kwimura Imana bibanzirizwa no kugwa kandi iyo bibaye Imana ikabona ko abantu bayiretse ibacyebuza umunyafu ! Rero sibyo ntsaba ahubwo nigihe cyo kurushaho gusenga nimubona babiretse wiherere unihe utakambire Imana uyibwire ariko nawe utege amatwi ikubwire ,hanyuma uyereke ibyaha byawe n'ibyabene wanyu nurangiza ushime ubundi uyibirekere izirwanirira !
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
Bite se? Amadini yaduteye ubwo bwo guhera musenga musaba Imana ibyo yabahaye byose ari ibyacu. Reba igihe mwasengeye iyo umuntu akubwiye ibitandukanye ni ibyawe bigutera ubwo, sengera aho uri hose nta madini dukeneye
@ukurinikokuzababaturatv4829
@ukurinikokuzababaturatv4829 24 дня назад
Nimwe mubizi niba mufite ubuzima cyangwa mutabufite 😊
@Nrubasha
@Nrubasha 24 дня назад
Kabisa Imana nibwo buzima iyo ikuvuyemo urapfa, ibindi biza ntitubizi ubimenya ugezeho
@impanoabrahaminemaeliseego9758
@impanoabrahaminemaeliseego9758 17 дней назад
10/10
@UWANYIRIGIRAJeanCaude
@UWANYIRIGIRAJeanCaude Месяц назад
Watashe wagisazawe nubundi kawasanga warasize ukoze amahano ceceka warayobyepe ibyonibyawe ukuri ntituzakureka pu!!!
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
Bite se? Wabwirwa ni iki uwayobye? Nari nkawe, ariko uzahindura imyumvire, icyo uzi ko ari ukuri gihinduka ikinyoma, ubwo ni uburakari. Ariko rero Imana Ntacyo itwongerera kubuzima tugenda kimwe.
@dushimimanasimeon7782
@dushimimanasimeon7782 22 дня назад
Yego rwose abo bazungu barakize arko ntaahoro mu mutima bafite,nawe u wawe ufite ubutunzi ariko urababaye cyane,nta munezero wo mu mutima ufite
@Nrubasha
@Nrubasha 22 дня назад
Bite se? Komera cyane, nonese uwo Munezero wo mumutima uwupimisha iki? Kiki se batagira byose? Kuba umukene se bivuga kugira umutimawiza?
@Zachee-mn9os
@Zachee-mn9os 20 дней назад
Muminsi ya nyuma bazayobya benshy kk mwirinde .ubus dusubire kuraguza no gutereker niby ushim lmana igufashe
@Nrubasha
@Nrubasha 20 дней назад
Bite se? Iminsi yanyuma se uyibara uhereyehehe? Gufukama usenga uzamura, amaboko mukirere, bitandukaniyehe no kuraguza reka twige Uwakubwiye kuraguza ko Ari bibi ninde ko tutigeze tubigerageza
@Mukarusagara
@Mukarusagara Месяц назад
Ntabwo banga Imana banga insengero zigwiriyemo kubabeshya Basebgavmu mutima wabo mu ngo zabo
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
Igihe kirageze tukamenya ubwenge
@enockmanoah1636
@enockmanoah1636 15 дней назад
Itorero Numuryango kd Umunyabwenge nuharanira kuzana ukuri Mumuryango Aho kuwuvamo.
@aphrodisbiziyaremye5454
@aphrodisbiziyaremye5454 23 дня назад
Sinkushyigikiye pe ndabona uwomwuka ufite suturuka ku Imana.
@Nrubasha
@Nrubasha 23 дня назад
Bite se? Ndakumva kandi sinakurenganya iyo ukibyumva bwa mbere, nibyo bita iyoza bwonko, kwizera ikinyoma igihe kirekire
@user-db3fw2id2r
@user-db3fw2id2r 15 дней назад
Toka shitani
@Nrubasha
@Nrubasha 14 дней назад
Bite se? Shitani aba mu madini, menya ukuri ube mu mahoro.
@nkundimanajeandelacroix6394
@nkundimanajeandelacroix6394 22 дня назад
Ibi ni byo Bikira Mariya yavuze i Kibeho. Ubuyobe buzaza mu mayeri kandi abantu benshi bakabyemera. Nk'bi uyu muntu avuze hari abaza kubimira bunguri. Ibi ni ibikorwa bya sekiba ugambiriye gusenya Kiriziya. Ariko ntugire ubwoba Nyagasani Yezu ni muzima kandi yaratsinze. Turusheho gusengera abayobywa n'abafite imigambi yabo mibi bamenye ukuri. Isi ntizahinduka ngo igire amahoro tutagarukiye Imana.
@Nrubasha
@Nrubasha 22 дня назад
Bite se? Twayobeye kuva kera ibinyoma n ubugome aba missionary badusyizemo tubigira ukuri, wabyemera utabyemera ubuzima bwacu ni kimwe nari nkawe.
@MercyMerci-cq4uk
@MercyMerci-cq4uk 18 дней назад
Muvidimwe ikibazo Kiriho abantu baziko bajya munsengero ari kubera ibibazo ariko siko biri tujya munsengero kugirana ubusabane n" imana kuko imana. Yaturemeye gusabana nayo usome mwitagiriro urabibona naho abo bacitse munsengero nukwigomeka ku mana ahubwo mubabwirize ubutumwa bwiza
@Nrubasha
@Nrubasha 17 дней назад
Bite se? Webuke ko amasengero aribo bayazanye mu rwanda. Imana ntiwasabana nayo aho uri hose, Kuko imana iba hose. Imana se uyigometse ho ukanga kujya mu missa hari icyo biyitwaye.
@user-qk5kc2qk4r
@user-qk5kc2qk4r Месяц назад
Kumenya Imana ninyungu zumuntu umumenye amukomereho ikindi mwibishya gusenga ntibibuza umuntu gukora ndabingize komeza icyo wamenye ntukirekure ibi nibyahanuwe bigomba gusohora ababose barishakira indonke
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
Bite se? Tumenye gutandukanya Imana n amadini. Imana turayisenga turayizi ariko singobwa tujya mu madini
@enockmanoah1636
@enockmanoah1636 15 дней назад
​@@Nrubashaidini Uvuga niki kuja Gusenga se, Umwijima ni mubi cn Uzabona Umuntu areka kujagusenga Amasaha make tugiramo ark Ukabano atindamutubari, Mugukurikirana imipira nibindi byo Akabona ntaco bitwaye, Mubuzima Nutiha intego yo gusenga Isi izaguhitiramo ibindi kd Uzabigenderamo bigutware Umwanya.
@ignacehitimana9519
@ignacehitimana9519 14 дней назад
Nonese urashaka ko natwe tuba nkabantu baho muri Australia
@Nrubasha
@Nrubasha 14 дней назад
Bite se? Ndagirango tubitekerezeho abazungu nibo bazanye insengero ko bari kuzireka? Ese hari aho zihurira ni imana?
@jeanbosco4010
@jeanbosco4010 20 дней назад
Abana b'Imana bakagobye guhuza niba badahuza nuko nta bumwe bafitanye
@Nrubasha
@Nrubasha 20 дней назад
Bite se? Guhuza jyine ntabwo ari ibyo munsengero kuko urabizi insengero zaradutanyije. Guhuza ni guhuriza ko imana iba muri buri muntu utitaye ku idini rye, ubwoko bwe.
@vianneyndizeye8714
@vianneyndizeye8714 16 дней назад
Ndabona uri umusheshakanguhe ariko vyakunaniye gutahura ko mwisengero arinko mwishure.
@Nrubasha
@Nrubasha 15 дней назад
Bite se? Ni ishuri ry ubuzima?
@Hajeloni
@Hajeloni Месяц назад
Ahaaa,iyo umuntu afite byose ararengwa akibagirwa Imanaakumva ko byose ali we ubwe wabyigejejeho wowe wicika intege warezwe neza jya ukomeza ujye gusenga ku munsiw icyumweru kuko kirakomeye
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
@@Hajeloni ikibazo ni nde ugira inyungu kujya gusenga ku cyumweru? Ni Pasteur na padiri binjiza amaturo. Aha ni kumenya ko ushobora kwisengera Imana nawe ikagufasha utagiye mu kiriziya ku cyumweru. Ntabwo Imana bayibagiwe kuko barabizi niyo ibaha ibintu byose
@Hajeloni
@Hajeloni Месяц назад
@@Nrubasha ntawe unanira umushuka gusenga rwose ni ngombwa mw ikoraniro mumara gukira mugahakana Imana
@Hajeloni
@Hajeloni Месяц назад
Inyungu ni iyacu twese gewe nawe n uriya na Mariya kuko Ali gusenga dusabirane kugirango is igire amahoro gutura uzabikote ubishaka Aliko usenge
@Hajeloni
@Hajeloni Месяц назад
Bariya
@ngayaberuravianney1255
@ngayaberuravianney1255 Месяц назад
Iyo dusense nkuko bikwiriye twebwe nimana turunguka Ntabwo gusenga arugushaka ibifatika nugusabana nimana Hanyunyuma imano yanjye niyawe bikunganirana
@KurayisiEmmanuel
@KurayisiEmmanuel 16 дней назад
Uragowe
@Nrubasha
@Nrubasha 16 дней назад
Bite se? Buri muntu agorwa ayo akuze mu buzima, uwo waba uri we? Kugorwa ni ubuzima ugomba gucamo
@uwimbabaziesperance8478
@uwimbabaziesperance8478 Месяц назад
Dukeneye nubuzima bwejo hazaza,amafranga azashira ariko IMANA izahoraho,umunsi mavuye mumubiri harahandi nzajya.
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
Bite se? Yego twishimire ubuzima dufite, turi Imana hano ku isi, ubuzima ni bumwe wasenga cy utasenga. Uravuka ukabaho hanyuma ugapfa. Ibi turabizi bizaba kuri buri muntu. Aho nzajya ntibindeba.
@jeandelapaixmporanyisenga1059
@jeandelapaixmporanyisenga1059 16 дней назад
Uri injiji
@Nrubasha
@Nrubasha 16 дней назад
Bite se? Injiji ni iki? Iyo uri injiji bitegenda gute?
@jeandelapaixmporanyisenga1059
@jeandelapaixmporanyisenga1059 16 дней назад
@@Nrubasha ni byiza, injiji ni umuntu uvuga ibyo adasobanukiwe, iyo uri injiji uyobya abandi nabo b'injiji ukabajyana nabo mu bujiji bwawe
@ikinyarwandaalexandre2624
@ikinyarwandaalexandre2624 Месяц назад
Ceceka muzehe we.niba byarakunaniye.Abandi barabishoboye byose.gukora no gusenga😮
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
Bite se? Aha ni kuganira mu kinyabufura wangu, ntakintu Kinanirana, twese. Dusenga. Ahubwo ikabazo ni ngobwa kujya musengero wasegeye iwawe ko naho hari Imana. Kuki ukenera ugusengera Koko. Ese akurusha iki?
@RuhanikaleonidasASSM
@RuhanikaleonidasASSM Месяц назад
Iyuba Uzineza kwemera kwabanyarwanda.wakabaye Uzi ,Guterekera,kubandwa,Ingoro,Uruhimbi. Akamaro kabyo Uko byakorwaga,Akamaro nicyo Byari bimaze 😢 Urasobanurira Abato Ubayobya .
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
Bite se? Ni Ikibazo gikomeye twayobejwe kuva kera cyane, aho amadini yaje akatwemeza ko kubaho neza, ari kubagoboka tugata ibyacu
@abewe7175
@abewe7175 Месяц назад
Amakuru mwigisha abato uko abasokuruza bacu babagaho,uko mwabandwaga mukezwa,zigasubirwaho,uko batarekeraga lu gucumbi ,ibyo nibyo baje badusibamy mutwe babyita kirazira,bafata bya bindi abasokuruza bakoraga banituzanira mu yindi dura,nitumenya ibyo guzaba twajejwe,naho ubundi tirahumanye,cyane abanyafurika
@user-nn3he8hv9q
@user-nn3he8hv9q Месяц назад
Hoya kudasenga sibyo,kbr KO uwo mugisha bafite bawukuye ku Mana.ahubwo bibagiwe aho Imana yabakuye.
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
Gusenga ni byo, icyo mvuga gusenga ntabwo ari ku cyumweru basenga buri munsi ntabwo bagomba guca kwa padiri ngo abasengere
@andrehakizimana7616
@andrehakizimana7616 Месяц назад
Oya, ivyo bafise ntabwo babihawe n' Imana.
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
@@andrehakizimana7616 ibintu byose ni ibyi Imana ariko bamenye ko Imana itaba mu masengero
@andrehakizimana7616
@andrehakizimana7616 Месяц назад
@Nrubasha, ivyo bafise babironse mu buryo bubi gusumba mu buryo bwiza. Ibi ngibi na wewe urabizi.Turiko tubisobanukirwa twese muri bino bihe tugezemwo. Basanze tuzi Imana ariko ntitwayisenga nkuko babidutegetse ku nguvu. Itunga ryose bafise barikuye iwacu. Ejo barabona amagorwa ni baritakaza, kuko twaramaze guhumuka.
@vianneyndizeye8714
@vianneyndizeye8714 16 дней назад
​@@NrubashaGuterana bituma mukuzanya mumpwenu biciye mubishingantahe no mugusengetanira d'ailleur ngo Aho 2canke 3 bakoraniye mwizina ryanje mba ndihagati yabo
@user-pk9hc5sk7y
@user-pk9hc5sk7y 24 дня назад
imanayanyu se yitwa igihe nkamwe nkabanyarwanda?
@Nrubasha
@Nrubasha 23 дня назад
Komera Imana ni imwe kuri twese, abantu twese tugira intekerezo imwe. Ikidutandukanya ni imyumvire
@Gahugu
@Gahugu Месяц назад
Ntabwo Kuba uwa Kristo ar'uhererekane ahubwo Ni mu mutima,kuko Yesu Kristo yatubwiye ko nta ubasha kujya aho Yesu Ari atabihawe na Data
@ericnshimiyimana747
@ericnshimiyimana747 22 дня назад
mujyemwemerako ibihe bidusohoreyeho nahubundi ibindibyose nukudefanda ubusa
@Nrubasha
@Nrubasha 21 день назад
Bite se? Ibihe bihe se? Ibyo ni ubwo a baguteye ishimire ubuzima bwiza bwawe. Kuko ntawe uzi ukuri.
@CharlesMatanda-lh2ge
@CharlesMatanda-lh2ge 24 дня назад
Abirabura ntitwayobye nibyo urusengero rwa mbere numutima wumuntu,ariko mwibuke ko byanditswe ngo kuza kumwami yesu ntikuzabaho hatabanje kumwimura mumitima,ariko abizera turakomeje
@Nrubasha
@Nrubasha 24 дня назад
Komera cyane, uwabigusobanuriye ninde? Ukuri ko ibyo uvuga kurihehe?
@CharlesMatanda-lh2ge
@CharlesMatanda-lh2ge 24 дня назад
@@Nrubasha none se wowe uhamanya numwuka ko tutazi Imana muri Africa
@alexandrerudatsikira8644
@alexandrerudatsikira8644 20 дней назад
Ubutumwa urimo gutanga n ubuhe?
@Nrubasha
@Nrubasha 20 дней назад
Bite se? Nta btumwa aha dutanga ni kuganira tuti Imana iba muri wowe, ntabwo iba munsengero urebe ibyo wemera, ubutumwa ni ubwawe
@GICSEEB
@GICSEEB Месяц назад
Ubu wowe wize utarahuye nabantu koko ,gusenga nibyiza kuko bitabaye ibyo imyitwarire midi yaourt no muri société yaho uherereye,ntabwo muri wowe wenyine ariho ha Imana honyine.
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
Komera cyane, Yego societe ihera ku muntu umwe kugiti cye, abasekuru bacu ntibigeze bajya gusenga kandi babaye muri society yabo bakagira ikinyabumfura bakubahana hagati yabo.
@abewe7175
@abewe7175 Месяц назад
Amakuru mukangurire abato kumenya imigenzo y abasokuruza
@tambatv5362
@tambatv5362 Месяц назад
How?
@abewe7175
@abewe7175 Месяц назад
@@tambatv5362 est ce que avant que les occidentaux n apportent pas les religions nos parents ne connaissent pas Dieu?
@tambatv5362
@tambatv5362 Месяц назад
​@@abewe7175 ce n est pas l idolatrie comme la bible dise?
@prnc359
@prnc359 28 дней назад
Ntacyo numvise mubyo uvuze ntabutumwa ntacyo rekakaaaaaaaaa
@Nrubasha
@Nrubasha 28 дней назад
Bite se? Bifata igihe kumva ibyo udashaka kumva, ariko rero ndabizi imbuto nayiteye
@Aimebella
@Aimebella Месяц назад
Uyu musaza koko ko akuze akaba avuga ibidahuye koko ukeneye ubwenge bw'Imana no guhishurirwa uburyo Imana inezezwa no guterana kwera
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
Komera cyane, icyo mvuga Imana ihorana natwe buri munsi aho uba uri hose iba muri wowe mu byiza ni ibibi ni cyo mvuga ntabwo ujya kuyishakira mu rusengero baratubesye. Mvugana nayo buri munsi
@PastorDesire
@PastorDesire Месяц назад
Muzehe watumwe na wamugwanizi guhuvya, wavyemera cank Wareka.mwisengero ntitujayo kurondera ibintu tujayo kurondera ubusabane n' Imana.abakurikiye uyu mutama ntabasamaze ari kuri mission.
@user-lr1uo7yr1s
@user-lr1uo7yr1s Месяц назад
Wowe na nde mwayobye? Jya wivugira kuko sibyiza ko ufata abantu bose ngo wibwireko batekereza kimwe nawe.ntabwo uhagarariye abo birabura bose numva uvuga.Ahubwo ndibaza icyo ugambiriye naho ibindi bireke niba udasenga ni uburenganzira bwawe reka n'abasenga bagire uburenganzira bwabo kuko ntacyo bitwaye
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
Bite se? Turi kuganira ntawe mvugira ndavuga ibyo mbona ntekereza nta kibazo kilimo, jyewe navuzeko nsenga Imana nkiyo musenga, aho dutandukaniye singobwa nko jya musengero gusenga, narasenze mu masengero igihe kirekire nasanze ataribyo nawe uzabibona uzabona ko amadini atariyo atuma dusenga
@kimetemugunga5019
@kimetemugunga5019 24 дня назад
Uyuarimubye arakuze
@Nrubasha
@Nrubasha 24 дня назад
Bite se? Reka abato nabo bamenye ko hari indi myumvire
@ingabirechristine345
@ingabirechristine345 Месяц назад
Iyo wibagiwe Imana nayo irakwibagirwa .ubu bikomeye bagaruka murusengero. Kudasenga ni ikimenyetso cyibihe byanyuma
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
Imana ni Imana y urukundo ntiyibagirwa abana bayo, ibihe byanyuma ntabyo ntabibabo Amadini niyo abyigisha atera abantu.
@wisedream_pro785
@wisedream_pro785 Месяц назад
Indi Mpumyi yabonetse.
@Rwagasabo
@Rwagasabo Месяц назад
Umwuka wera akugenderere kuko ibyo bavuga ko Ari amahoro nibyo Roma yarifite na Babylon ariko byose byarasenyutse ariko izina Yesu riracyaganjye wikwanduzwa nabanyamahanga mu mwuka Yesu akugenderere akubature
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
Amahoro aba mu muntu, umwuka wera uduhoramo wasenga Cg utasenga. Abo dukomokaho babayeho mu mahoro ntibigeze bamenya yesu kugirango babeho turiho kuberabo. Umwuka wera watubayemo mbere y amadini ko aza mu rwanda
@user-hk1dz8de2x
@user-hk1dz8de2x Месяц назад
Warayobye bambe!​@@Nrubasha
@karinganirefaustin4227
@karinganirefaustin4227 Месяц назад
Uko urya munsi urushaho kutwegera turisheho guterana kwera
@Nrubasha
@Nrubasha Месяц назад
Umunsi utangirira kuri wowe, ibyiza byose bikorwa nawe, no kugira ubuzima bwiza biva muri wowe ntabwo arihandi ujya kubishakira
@user-fm3fz8ki6w
@user-fm3fz8ki6w 24 дня назад
Uravuga ukuri ababigize bizinesi nibo bakeneye insengero, kuraje .
@Nrubasha
@Nrubasha 24 дня назад
Bateza ubwoba mu mitima y abana
@nikobatuyeemmanuel4057
@nikobatuyeemmanuel4057 24 дня назад
Amadini nikibi bro ,gusenga nubucakara niyozabwonko
Далее
Modus males sekolah
00:14
Просмотров 12 млн