Aha bahita kwa farawo amabuye nuburozi nibyo bikora muri kenya we urakina ni gihugu kikiri inyuma nko mumyaka 80 yo murwanda yashize ubonye nairobi ntiwakwifuza kubona ibyaro byaho ibaze ko haraho bacyambara ubusa abagore amabere hejuru abagabo ibintu bigenda birereta munzira ubibona koga ho nikizira mbega abantu turi kenya mujye mwibuka mudusengere Imana ishimwe ko watashe udafuye