Uyu mu byeyi aranejeje cyane. “Emotional Maturity” ni ingezi cyane mu buzima bw’urugo rwiza. Yesu akomeze abahe wisdom muri umugisha ukomeye kuri new generation.
Mu mbabarire kubaza iyi question, ariko ndifuza kumenya parcours ya Isimbi rya Yezu kugira ngo abe Coach, counselor etc. Yarabyize? Si oui ya byigiye muyahe mashuri? Murakoze!
Yego icyo kiganiro ni cyiza cyane ariko ndibaza ngo yumvaga mubuzima bwe atagomba gukora divorce njyewe nta makimbirane na make nigeze numva yaganisha kuri divorce
@@kabayizaangelique1340 yabonye uko ahangana nabyo ariko ibikomere birahari kandi ni byinshi abagore baba bafite. Rimwe na rimwe bakanarwara dépression batabizi. Nabibonye kenshi ibyo bintu. Sukuvuga ko we ayirwaye. Ariko hari aba damu bicecekeye ngo bubake ingo, imitima yabo yarashengutse.
Ariko mwagiye muvuga ukuri askyi we ngo nuko wariwarabuze so hummmmmmmmm wavuzukuri icyatumye umugendaho kwarumutekano muke ubwo ibyo bihuriyehe na so 🤣🤣🤣🤣🤣 ndasetse koko