#CassienPizzo #MaxTv_0784855183 #trending Tubashimiye uburyo mukunda gukirikira ibiganiro byacu. hari ikibazo ,inkuru cyangwa ubufasha wifuza guha MAX TV waduhamagara cyangwa ukatwandikira kuri iyi numero iri hejuru.
Yego rata Mandwankuru y'i Rwanda, imipaka yazanywe n'abazungu ariko bo ntabwo bayigira. Biranatangaza uziko uva mu Bubiligi ukagera pays bas nta na signe y'umupaka cg ikikwereka ko winjiye mu kindi gihugu, ahubwo ni téléphone ibikwereka. Ariko twe investissement ishyirwa ku mipaka yakubaka inganda, ngaho za barrières, abaharinda, aba checkinga ko umwe yinjiye afite passeport cg laisser passer. Ni akaga koko, ubu umurundi akeneye icyangombwa koko, ko umu suedois n umuholandi batanahuje ururimi bo ntabyo bagira. Iriya mipaka ni igihamya cy'uko abazungu batwinjijemo kwicanamo ibice wabona umugande ukumva atandukanye nawe nyamara ntawigira.
Mana y'u Rwanda dutsindire uwo mwanzi ushaka kudutandukanya... umwanzi wo mu kirambi... Umurozi uturutse ishyanga... Ha amahoro u Rwanda n'isi yose... Amina!
Ni byo kera, hagati y'imyaka ine (4) n'imyaka cumi n'iyindi, sinabonaga abana barwaye, bajya kwa muganga nk'ubu! Twahoraga turi mu byishimo by'imikino no gucirwa imigani, nta stress twagiraga nk'iy'abana b'ubu!