Be strong Paccy. God loves you. Also forgive the father of your baby. Look ahead to the future. Love your baby. You will get a good and loving husband. A mistake is a mistake. Your past cannot define your future. Uri umukobwa mwiza. Kandi Imana iragukunda. Iyakurinze mubihe bikomeye izaguha ibyushaka.
Message yanjye kuki mwayinyonze???? Nabwiraga uwakoraga jugement ko atari byiza.murabishyigikiye se?Pacy nongere mbisubiremo courage tu vas t'en sortir va de l'avant. Tu as bcp appris alors personne n'a le droit de te juger. Un jour ton fils sera fière de la femme que tu es devenue. Tu es très très belle. Sabin mundekere message
Ntimukavuge ngo umuntu yabyaye umwana mu buryo butateganyijwe. Umuntu siwe ugena cg urema hagena Imana hakarema Imana. Nta muntu wavutse kuko iwabo bamuteguye ni Imana imutegura icyo ababyeyi bagira ni ibyifuzo. Yashoboraga no kuba ari mariée ari kumwe n' umugabo aribyo mwita ko d'office biba byateguwe kandi ntibabone umwana. Ngirango buri wese azi couple imwe nibura imuri hafi yabuze umwana si uko baba batakoze ibisabwa ngo bamubone ahubwo Imana iba itarabigena. Ngo yakumenye utaraba urusoro mu nda ya mama wawe bavuze ngo ibyacu ni ibyifuzo gusa ariko ibindi ni iby'Imana niyo mpamvu iyo bibaye tugomba kubyakira kuko nta kiba itakemeye.
All might is there for u paccy....komera cyane amateka abereyeho kutwigisha kd nubyubutwari kuba ikiraro kubandi ubasangiza amateka yae ndibaza ko benshi bazakwigiraho byinshiii...the bleeding from God be upon u!!!%%
I think the best interview is to tell your story very well and clear before giving any advice, the fact you are seating there says much, so my dearest don’t aloud speculation by being shy or shame because it is your story, your life. You are very beautiful and clever, you can achieve much by helping young people. your past mistakes makes your future decisions. the best way to advice young people is to be open, honest even when we sank low! I’m so sorry but Im still not satisfied, you have the very best stories and platform so please use well. I love you 😍
Kuba atari kuba open ni uko n'ubundi atabyakira. Nabyo byaba ubuhamya, Niba Hari Igice cy'ubuzima uvuga uteruye. Ntako atagize no kuba yaje kuvuga muri public. Gutaanga ubuhamya ni ubutwali. Buriya kuriya atabivugaga yeruye, yihishira bigasaba Sabin kumubaza Des sous questions ngo yirekure naabyo bifite icyo bisobanuye cyabera n'inyigisho abato kuri we. Niko mbibona. Par contre Hari na desavantage mbona mu birekura bakavuga byose bisanzuye, hari ubwo bagusha ubumva mu kintu kimeze nka theatre ukaba warangazwa n'uburyo ateraa inkuru ntiwumve isomo ! Kandi nyamara bavugaga ubuzima bukomeye. So ndumva interview yose ifite icyo yexprima.
Kuba atari kuba open ni uko n'ubundi atabyakira. Nabyo byaba ubuhamya, Niba Hari Igice cy'ubuzima uvuga uteruye. Ntako atagize no kuba yaje kuvuga muri public. Gutaanga ubuhamya ni ubutwali. Buriya kuriya atabivugaga yeruye, yihishira bigasaba Sabin kumubaza Des sous questions ngo yirekure naabyo bifite icyo bisobanuye cyabera n'inyigisho abato kuri we. Niko mbibona. Par contre Hari na desavantage mbona mu birekura bakavuga byose bisanzuye, hari ubwo bagusha ubumva mu kintu kimeze nka theatre ukaba warangazwa n'uburyo ateraa inkuru ntiwumve isomo ! Kandi nyamara bavugaga ubuzima bukomeye. So ndumva interview yose ifite icyo yexprima.
Uwagira umuhungu nashaka umukobwa nkawe wabyaye kuko wize isomo kandi wakubaka neza cyanee kurusha udukobwa twubu utamenya nibyo tubamo, so I rather have a woman like her right here. Good talk 🙌
pole if every boy/man could treat every lady like a sister it can limit some bad adventures, you may think that you are having fun with that girl but when there is such things it affects many people, family and friends so be careful
Uri intwari, uri umuhizikazi. Kandi nta kure hariho Imana itokura umuntu. Abo bana Imana ibitaho cane. Jewe vyaranshikiye ariko ibi uwo Mwana ni Dr USA. Humura Imana izoguhindurira izina. Gusa Ndiho azoguhe umugabo muzima atari uzoja aragutonek