Pole sana. Dada yetu Lydia. You shall heal over time.. your a good person and your love is real which is extremely rare in our world today.. you just loved hard the wrong person who is blind enough to see what God has given him. It tells a lot about your character, u don’t just jump into things you didn’t take time to think about…Your too beautiful and loyal that man to have you. You honestly deserve better and the best is yet to come…Glad u never be came bitter due to what has happened . God is good and he will restore all that belongs to you that was taken away ❤️🥰
I understand how she feels it took me 3 years to really get over a heartbreak no one truly understands how hurtful it can be when you’re in love with someone and trust them my advice for you girl is to let time heal you’ll be fine eventually you’ll understand why that relationship had to end you definitely deserve the world someone will love and appreciate you ❤️ sending you all the love and healing
Lydia, I'm so sorry Mbabajwe n'aya marira n'agahinda ufite😭 uri mwiza, uzi ubwenge kandi ukomeje kurwana ku buzima bwawe n'ubwo urira buri ijoro ariko ngushimiye iyo courage yo gushaka gukira agahinda no kubyuka buri munsi ugakora icyaguteza imbere. gukira ni urugendo rutoroshye gusa birashoboka Just don't give up. I'm sending you my hugs🫂love❤️ and prayers🙏
My dear , i feel you 100% , igihe cyonyine nicyo kizagukiza , ndakwingize bwira umutima wawe utuze( i know it is not easy) , ubundi uharanire gutera imbere mbabarira wiherenwa n amarira,... 🙏. I swear to you nothing is without cost in this world, he will totally regret , unfortunately it will be too late kuko uzaba uri a happy woman. Time will tell ...!
Lydia, You're beautiful, wise, intelligent, smart and so lovely! Worry not sis, God has a beautiful plan for your life! He has a such a gentleman for you! Everything that happened to you will one day make sense to you and every thing works out for good for those who trust God!
He doesn't deserve your love,Ikindi kukubona urira uvuga urwo wamukunze biramushimisha.Ikintu kibi nukwereka uwaguhemukiye irira ryawe.Byari kuba byiza uza kuduha ubuhamya bwibyakubayeho ariko utubwirako u moved on.Ariko Imana yo mu ijuru irebe amarira uririye aha izaguhe umuntu ugukwiye kandi ugukunda by'ukuri.Kandi nukuri uzamubona vuba icyingenzi ni ugusenga no kwizera Imana
Pole sana lydia .Imana irahari kandi izi impamvu yagukijije uwo muntu. Sois forte ma belle. Uri mwiza kandi imbere ni heza. Uzagaruka kwi simbi ushima Imana yagushumbushije
Only Jesus can help you to overcome all the pain please find a church that loves Christ and fellowship with them there’s a church known as grace room ministries in Kigali please go there, God will do the rest much love from Ug 🇺🇬🇺🇬🇺🇬
Ndakumva Gusa a peace of advice chry next time utazakunda ikiremwa muntu especially abagabo ujye ukunda uziko nanagenda uzasigara uri strong 💪 chry abagabo ntarukundo bagira narukeya 😩😩😩😩😩😩😩😩😩😩😩😩
Nitwa consolée umva ma chr Lydia nukuri Impore wongere wimpore cyane Kandi usenge cyane kuko muri yesu kristo niho hari amahoro uri mwiza kibondo yesu kuba akikurinze aragukunda nukuri yesu ako gahinda wangize arakazi iturize wibere muri yesu Imana idakoza isoni izakubakira urugo rwiza amarira yose warize yesu azayaguhoza 🙏
Muvandi, uyu muhungu wikomeza kumuha power adafite, wimuha control y'ubuzima bwawe, yashatse kukubaza, nukomeza kubabara araba ageze ku ntego ye Stress ni mbi, ushobora kurwara ukaremba Keep yourself busy, love yours, find something to focus on You will be alright. Siwe muhungu wenyine. Uzongera ukunde undi
Have you ever looked in the mirror and see how beautiful you're gal?? you're worthy, beautiful, intelligent and much more and you deserve better, you will find someone and regret why you shed your tears on that useless man
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂 waretse uyu mutesi urizwa nubusa busa ngo ni nyatsi y’umusore!!she needs to have confidence in her first and learn how to put her self first than any other guy!!
Lydia Cherie wiha uwo muntu umwanya na muto wo kumutekereza. Kubabara warababaye kuko wababajwe. Ariko reka nkubwire ngo Ihorere hari umuhoza. Ntegereje kuzabona ikiganiro cyawe na Sabin cyo gushima Imana ko wahojejwe.
Lydia Yesu wenyine ni we wakomora, igikomere ufite , uwo muhungu Imana yaramukurize , Ishimwe Imana cyanee kuko wari kuzababara kurushaho so, be strong 💪, Yesu kristo ni mwiza