Ndababaye cyane gu Uwiteka ukora ibitangaza tu kamushima ahagurutse uyu mubyeyi Yesu kristo mucunguzi wacu korimirimo ikomeye kuru yu muryango za mbraga wakoresha ga uhagurutsa ibafite ubumuga kera nuyu musi uracya zifite iyerekane Mwami wacu tuzagushima cyane tugushimiye ko ari wowe wahabaye ushimwe tukuragije ni birimbre tura kwizera
Afrimax turabashima cyane kuri iyi nkuru. Gusa nta na kimwe kitugaragarariza ko mwabonanye n'uyu bwana Hussein. Ariko se buriya mutubwiye ko mwayisemuye byabatwara iki? Imana ikomeze ibagirire neza.