Woooow! Uyu mudamu 0:48 ndishimye cyane ko yaje yishimye nta marira pe. Uri mwiza uririmba neza cyane kandi uzabikomeze cyane . RWEME MBABAZI you are the best. ❤.
Ahaaa,umuntu arazinukwa pe,kdi aho kubana n'igihanda waba wenyine ubuzima ni bugufi ntakububamo urira ngo aha uri kumugabo! Ubundi jye nanababuriye izina abagome nk aba ntibakwiye kwitwa abagabo! Umugabo ni ibikorwa si amagambo
Mana weeee😳 pole kabisa wanyuze mu bikomeye uri muto. Gusa hari Imana muri byose. Uri mwiza cyane nagukunze. Wizere Imana izaguhoza amarira yose warize. Courage pe
Wa mubyeyi we rwose kwisura urimwiza pe Kandi njyendeye uko nkumva ushobora kuba urimwiza no kumutima kuko birasho okay njyendeye uko nkureba ariko wihangane Kandi witwararike bikomeye uzirinde kwiyandarika Kandi uza aho neza
Ikibazo abantu baza kuri camera bakavuga ahashize habo, baba bavuga abandi ariko bo ntibivuga akenshi rero niho ruba ruzingiye ndetse na cyane, ntibivuga uko bateye kandi usanga ariwo musaraba baba bikoreye
abanyarwandakazi ni beza ariko wa mumama we uri mwiza pe pe pe nabera mbonye umuntu ungwa kunzaoka pe pe uri mwiza kbsa uraseka neza gusa babivuze ukuri ngo ubwiza bwumukobwa ntibimubuza kuruha koko .
Uri Umubyeyi mwiza gusa ndagukomeje mu ngo habamo byinshiii ihangane uzabaho na bana Mama Uririmba neza ufite indirimbo nziza uririmba ukankumbuza ibihe bya kera
Mwaramutse, ntabwo ari ukudakunda ukuri ahubwo muri kamere y igitsinagabo ntibishimira kuba basangira umugore n undi mugabo.iyo abantu bagihura amarangamutima yabo aba ari hejuuru, uko iminsi ishira biragabanuka bokongera kuba abo baribo . Ikindi kibazo igitsina gore bagira ni ukwishyiramo uko babanye nuwo bakundana bizarushaho nibagera mu rugo ariko igitandukanye ni ko ku bagabo iyo umushinha wo kurambagiza urangiye hahita bakurikiza ikishinga y iterambere (umwanya wo gusabna uragabanuka). Kutabimenya mbere bitera ibikomere.