Mu Rwanda, urukiko rw’ubujurire rwanzuye ko umunyamakuru Dieudonne Niyonsenga alias “Cyuma Hassan" akomeza igihano yari yakatiwe n'urukiko rukuru cyo gufungwa imyaka irindwi no gutanga ihazabu ya miliyoni eshanu. Ni nyuma yo kumuhamya ibyaha byo kwiyitirira umwuga w’itangazamakuru.
Mu Burundi, ibibazo by’umutekano no gushyira imbere inyungu z’umuturage ni byo byibanzweho mu nama yahuje abayobozi b’intara n’amakomini uyu munsi.
15 сен 2024