Bavandimwe,Nimureke Imana ibigarurire.Kiliziya kuba ari i Ntagatifu:Urabisanga muri BIBILIYA FEZ 5:26-27 ; kumva ni uburenganzira bwanyu. Papa Nyirubutungane ni umusimbura wa Petero Mutagatifu, Petero akaba uhagarariye Yezu kristu kuntebe ya Kiliziya. Petero noneho nkubwiye ko Uri Urutare kandi kuri urwo rutare nzubakaho Kiliziya yanjye n'Ububasha bwo mu kuzimu ntibuzayitsinda.Nzaguga imfunguzo z'ijuru,icyo uzaba waboshye mu isi kizabohwa no mu ijuru,n'icyo uzaba wabohoye mu isi kizabohorwa no mu ijuru.Niba Yezu Ari intungane y'Imana uwo yashinze Kiliziya ye ariwe Petero nawe ni intungane (Mutagatifu Petero). Ni muri urwo rwego rero uwasimbuye Petero kuri iyo ntebe ya Kiliziya ariwe papa yitwa intungane cg nyirubutungane.We ubwe(Papa) ashobora kutaba intungane cg ntakore ibitunganye ariko umwanya ariho ujyenewe intungane kuko intungane Yezu kristu niwe wawubanjjeho.Ubu se ko twitwa aba kristu ubu tugiye kureba neza uburemere bwijambo ( Uwa kristu) twasanga dukwiye kwitwa iryo Zina?? Ntawasa na Kristu ijana ku ijana. Ariko kubera ko twabatijwe twemerewe kwitwa gutyo. Rero Biciye mugukora icyo ivangili itubwira nitwe tuzahuza izina twitwa nukuri kwaryo. Murakoze ni uko bimeze ,kandi icyo tubingingira kuri Nyagasani, ni uko mwacika burundu kubuhakanyi,mukemera Kiliziya na Kristu wayo;maze mukaba umwe hamwe natwe muri KRISTU YEZU.YEZU yifuza ko twaba umwe nk'uko arumwe na Se. Papa Nyirubutungane turemeza ko ari umusimbura wa Petero intumwa, naho Petero intumwa akaba yarahagarariye Yezu Kristu,bityo Pope uriho ubu akaba ahagarariye Yezu Kristu kuko Kristu Wese n'ub ubasha bwe bwite ahari. Inyito yo guhagararira no gusimbura nibyo mukwiye gusobanukirwa kandi mukemera kujijurwa.Uwo uhagarariye burya We aba ahibereye mu bubasha bwe. Mugihe Uwo usimbuye aba ari ahantu hari Fixé,cg s atakiriho. Papa cyangwa se undi Musaserdote;Yewe na Padiri tureke na Pope; hano ahagarariye Kristu bidakuyeho Ko Kristu ahibereye Icyarimwe. Ndetse na Paulo Mutagtifu arabwira muri BIBILIYA ABANYAKORINTO,2kor 5,20 Ati Ubu rero duhagarariye Kristu,ku buryo Imana ubwayo ari yo ibahamagara ari twe ikoresheje.Ariko Uwo Pope arahindukira Agasimbura Mutagatifu Petero Intumwa kuko Petero We atari hano ku isi. Naho kwigira intagondwa ugasuzugura intumwa witwaje rya jambo ngo yesu yatanze uburenganzira ntamamvu yizindi ntumwa ;mugatobatoba ndetse mugatuka ibyo Imana yatagatifuje!Natwe ubwacu twabamo abariho urubanza kubwo gushidikanya. Ubwo niba bimeze bityo,umuhakanyi wabyo We urumuriho ruri kuruhe rugero? Mais d'autre Part, il ne faut pas desahabiller Saint Paul pour Habiller Saint Pierre.Muvandi Muri cumi n'ebyiri za Yezu;harimo intumwa imwe hamwe n'indi yiswe intumwa y'amahanga;bityo izo ntumwa ebyiri zitwa inyingi za KILIZIYA; reba no mubyahishuwe 11. Ikindi Yezu yabwiye Petero ati ragira Intama zanjye....;Uri urutare Nzubakaho Kiliziya yanjye.......;nguhaye imfunguzo z'ijuru ,icyo uzaba waboshye ........, wibuke uko Petero yagiye agaragarwaho ubuyobozi n'ubuchef bwo guhosha amakimbirane,imvururu no kutumvikana,....... ; So mureke impaka, Kiliziya ni imwe ntagatifu biri muri Bibiliya. Byabindi bajya babeshyabeshya ngo iri mu ibanga; murwego rwo kwanga kwitsinda.Imana ni imwe kandi ishaka bose,ntiyo mpamvu yitwa Data wa twese;yunze ubumwe na Kiliziya rero.
Sobanukirwa ncuti: Kwitwa Nyirubutungane no kuba intungane biratandukanye cyane. Nyirubutungane ni ugira umuntu intungane. Nyirubutungane rero ni Yezu Wenyine kuko ni we ukuraho ibyaha byari mu isi k'ubwamaraso ye. Papa rero yaba intungane k'ubwamaraso ya Yezu ntabwo Ari we nkomoko y'ubutungane ngo Araba Nyirabwo. Intumwa petero ararikira abantu gusanga Yezu nkuko yabyanditse ntabwo abararikira ko baza kuri petero. Soma inzandiko ze. Imana zabaye nyinshi kandi Uhoraho aravuga ati "Ntukagire izindi mana mu maso yanjye". Kubwibyo Ibigirwamana hasi Umuremyi n'umucunguzi Yubahwe.
Pastor Musisi: Tandukanya amakosa y'abantu ku giti cyabo n'inyigisho za Kiliziya. Ibyo Kiliziya Gatolika yigisha ntibyigeze biinduka kuva mu ntangiriro. Icyahindutse ni abigisha n'uburyo bakoresha. 2. Amadini menshi ni umugambi wa Shitani kubera ko Yezu mbere yo gusubira mu ijuru yabiye UBUMWE abamwemera (Yohani 17:22)
Muri messages za Bikiramariya i Medjugorge Bikiramariya yavuze kenshi ko amadini azagenda avuka ari menshi, ariko nyuma bose bazagaruka muri gatolika cyane cyane uhereyemu bihe by'itotezwa ry 'abakristu rigeye kuba muri ibi bihe bya nyuma.
Ubutaha aba bagabo bazaze bakoze ubushakashatsi; ibiganiro byabo bishingire kuri SOLID THEOLOGICAL AND HISTORICAL EVIDENCE, NOT JUST HALF-BAKED SPECULATIONS. Bazabanze basome ibyandiko amateka ya Kiliziya n'inyandiko z'abakuru ba Kiliziya (Church Fathers) mbere y'umwaduko wa Lutheri. Musisi namara kuzisoma in good faith and with a humble heart, for certain he'll become catholic!
@@yizerevalensyv2503 nonese ubwo ari abasenga, baramya cg bikubita imbere y'ibishushanyo nabatabikora ugendeye kuri uru rugero utanze nibande baba bari munzira yukuri?
@Pst. Musisi: Ngo protentisme yaje kunoza!!! Ubwo yaje kunoza iki kandi ariyo yakomeje gucikamo ibice kugeza na n'ubu? Ibyo bikinozwa kuva kuri Luther ni ibiki?
@@ndayishimiyeprosper1671 urakoze nshuti, kuvuga ko turi urubyaro rw'Aburahamu, urubyaro rwa Mariya n'ishyano!!. Ahubwo turi urubyaro Imana ya sezeranyije Aburahamu muri Kristo Yesu,Abagalatiya 3:19
@@pr.musisipeter626 Ibaze. Ni ugupfa ubusa. Nonese bitandukaniye he nibyo nkubwiye. None se Uhoraho ntuzi ko yabwiye Abrahamu ati' Urubyaro rwawe ruzangana nk'umusenyi wo kunyanja. Ni byabindi byo gupfa ubusa. Ngaho twibanire mu mahoro; Urubyaro rwa Abrahamu ni urwubaha Imana Ye
@@ndayishimiyeprosper1671 ibanga rya gatatu ni ibigiye kuba muri iyi si ariko bizatangirira muri Kiriziya hariya i Roma bivuga ko itorero rya Kristu rigiye kubambwa ku musaraba nkuko Shebuja yawubambweho, yaradupfiriye none ni igihe cyacu cyo kumwereka ko natwe tumukunda...