Ihangane cyane mubyeyi,Imana yishyura amadeni.kdi kura uwo mugome mu mutima wawe.icyakora niyite ku bana be kdi itegeko rimuhane kubwo guhemukira abana.
Life experience can make you the person you are today, nawe afite aho yacyiye Kandi atababwijye ukuri mwagira ngo arikubabesha, alsoharabandi bazahano bameze nkawe ntibaterwe Amabuye kubyo bavuze,uyunawe tumwifurize I byiza ashaka abigereho amenteko imana ifasha, gusa none rimwe na rimwe nibyiza kubika amabanga amwe namwe
Ibyo bibazo mu ngo byarateye,abagore mukomere murere abana mutuze muceceke,Imana ni yo murengezi w'abagore,kuza ku mbuga nkoranyambuga mubireke mutegereze Uwiteka.
Ariko Rwema we nkugire inama .aba bantu baba Baza kukuririra ukwiye gukora ivyo bita site de rencontre abo bamama nabakobwa ukazubahuza nabagabo nabo bafise ibibazo nkaba bakajya banakuriha amafaranga😢
Mwabantumwe haribintu bidakenewe kuri camera ubaye ukeneye inkunga yinama kumunyamakuru musange muganirire inyuma ya camera rweme turagukuuuunda turanakwubaha jyuganiriza abantu bafite impanvu nkizo inyuma ya camera ❤❤❤❤❤
Aha ngewe mbanibaza niba mbere yokubivuga ku karubanda niba aba yarabanje kubiganiriza abo mu muryango we? Kuko ni igikomere ku bana be mbere ya byose.