Iyi nkuru nguyeho ra! Dore uwo mugore wawe ntago ari kimwe nawe aba ari umwana wo mu kidayimoni,abifite mu ivuka rye. Babyeyi mureke ibi bintu kuko muba mutanze abana banyu ho ibitambo: 1) gutwita ukajya kwivuza mu bavuzi ba gakondi ngo barakuzingura 2) gukora ubukwe ukajya kuraguza no kubaza niba umugore cg umugabo ari uwawe 3) kujya kuvuza bya hato na hato abana mu buvuzi gakondo. Hanyuma nituvuga ubuvuzi gakondo mwumve ni aba pastoro bakoresha : amabuye 12,imyunyu,amazi ,abambara impeta ebyiri ,abambara umusara ufite amaboko ni icyo hasi bireshya,abbara impeta ziriho amabuye y' umukara cg icyatsi,aba pastoro ku ruhimbi rwaho hariho amatereko y' amatabaza7,ahari inyenyeri kuri alter zabo cg amatara akoze nk' izuba. Mwige kwisengera , IMANA nta muntu itumva. Yesu kristo azababohora byose🎉
Kristu Yezu akuzwe! Uyu mugabo nawe agomba gusabirwa, kuko ingabire ye yo kurimbura sekibi zarayifashe. Niba rero ibyo avuga ari ukuri, azagende bamusabire bamufashe kubohoka no kubohora abe nibye bose, cyane cyane ingabire ze mu izina rya Kristu Umwami.
Ibyo nibyo ababa za Malawi ‘Mozambique Zambia batunze bacishije nabi niko bakora abo bose utarabibona ntiyemerako bibaho nababicishije bari buvugeko ari ukubeshya nabo bigira aba Paster benshi baba babifite