Courage mukobwa mwiza,ariko iyi interview yagombaga gutinyura urubyiruko.ariko ntabwo uri open ngo ubabwire uko wabigezeho unabereke ko bishoboka.par ex:uti natangije 5000 nahawe na mama ese iyo utinye kuvuga aho wayakuye ubwo si mu bibi?cg ni iby’ababyeyi ukaba uri kubamamariza gusa!