Komera Ihangange Uri Umukobwa mwiza kandi kuba ufite Yesu ni Cyo cyambere. Wowe senga ushake mumaso h’Uwiteka. Imana yo mwijuru izakugirira neza ikumare umubabaro nagahinda kose wagize. Kuko ntawiringira Uwiteka ngo akorwe ni Isoni. Kuba watandukanye nawe wabona hari icyo Imana yakurinze. Humura Yesu agufiteho umugambi mwiza🙏🙏
Joyeux Noël Sabin!!! Quant à cette jeune femme elle n est pas la première ni la dernière Dieu t a donné un enfant c est un grand cadeau inestimable Donne lui tout l amour que tu as et tu verras tout en continuant de prier Bonne chance
You all probably dont care at all but does someone know a way to get back into an Instagram account? I stupidly lost the login password. I would love any tips you can give me!
Erega bakobwa mwongere musubire ku muco wo kurangwa. Uburokore ntibuhagije. Ukuntu uri keza. Na byo wabizira. Gusa uburyo ubivugamo na we wabona yarumiwe
@@blandineineza8449 😄😄 tubakundira ngo baturongore 😄 ubu babanye neza rero barumuna b umugore bari bari i burayi bahita babatwara di kandi umugore nawe yavugaga ko atazamukurikira ubu se uwo mwana yabyaranye ni umuyaya siwe uri kubwahagirana 🤔
Hano Kuri internet niho basigaye bashakira abagabo abandi niho bashakira abagore. Usanga amaramuko benshi bayashakira Kinyura hano kuri za Online TVs dore KO zabaye nyinshi . Ibibazo byo murugo ni privacy rwose ariko kuberako KO ashaka support or umugabo niyompamvu babinyuza hano.
I have heard that testimony but many Rwandan,Ladies,do not like to be married to their fellow Rwandan men,one girl was forced to get married to her cousin brother because that cousin had many cows ,she refused instead she left her home and went in an other place.That lady can first stay alone and she should be strong. She will get what she needs.But she should be patient
Et pourquoi dire ça aux médias sociaux ? Au contraire, encourager ces femmes/hommes à aller voir les Psycho-cliniciens ou psychiatres pour se faire soigner....
Byaba byiza ubanje kwisuzuma neza ukamenya ko atari wowe ntandaro y umubano mubi wawe. Gusa nk uko wavuze ko wamuhuzwe bigaragara ko byose ariho byahereye. Kandi gutukana n umugabo wawe si byiza rwose ntawe ugira nk ukundi agize. Natunguwe no kumva uvuga ngo washyushyaga amazi ukaba ariyo uha umwana wawe. Hano hari uwakeka yuko ibyo bintu bidakwiye rwose pe. simpamya ko ariyo yari last choice wabonaga kabsa. Naho gutandukana n umugabo numvise ibibazo byose byaratangiye umaze kumuhurwa. To mean n undi mwabana nabyo bishobora kuba bibi kurusha ubu. So ikiza ni ukwicarana n umugabo wawe mugasabana imbabazi niba mwese mushaka kubaka koko.