Mana yo mu ijuru jya ugirira neza twebwe ababyeyi turera abana twenyine kdi unaduhanire wihanukiriye bariya bagabo badutererana mukurera abana twenyine,mbigusabye nizeye ko ubikoze mu izina rya yesu kristo Amen 🙏
koko uwo mu mama ntazi uko inda ivuna koko mana we cyakoze ngize agahinda mumutima unyibukije syory yanjye pe mana niwwe wokuduha imitima ikomeye kdi ibabarira,😢😢😢
@@user-he5mx1kj9x ibi mbyanditse kuko mbizi neza ntawubimbgiye. Wowe se ubgirwa niki ko ntacyo nakoze? Bajye bananirwa gukoresha amaboko Imana yabahaye ko yaragize amahirwe akabona na make yari kuyabyazq umusaruro. Njye ntangajwe no kumva ngo tumube hafi ahaaaaaa biragoye