#CassienPizzo #MaxTv_0784855183 #Trending Tubashimiye uburyo mukunda gukirikira ibiganiro byacu. hari ikibazo ,inkuru cyangwa ubufasha wifuza guha MAX TV waduhamagara cyangwa ukatwandikira kuri iyi numero iri hejuru.
Big energy everywhere hano usa YAGO we for u everyday kandi ibyo wavuze ningombwa bavugango ukuri kose sikwiza ariko biba bikwiye we love you 🫶❤️❤️❤️❤️
Ariko umuntu arinda igirwa imfungwa yahantu hamwe ( on one channel only) ngo ntagomba gukorera ibiganiro ahandi we abadafite ikibazo mumutwe koko INSHUTI IMWE ntikiza Umugabo mwabantu numuntu ubikora abafite ishyari ribi tyogutuma abantu batazamuka twumvise ubuhamya bwabantu benshyi bati ibyo Yago avuga nukuri 90% cg 99% ngo ningero zabanyamakuru yavuzemumwandi it’s real man this so painful for real . Ibigakorerwa umunyarwanda kumunyarwanda man Super manager niyunjyuvuga ngo THINK BIG Abafite iyo mico yago abovuze bose banjyemuntebe ya penetensiya kbs GOD’S ON OUR SIDE 🙏🙏🙏 👇
Erega guceceka si ubucucu ni ugucengerwa n ibyo uzi. Buriya abababajwe bose batavuze batinyaga ko ijambo ryabo rifatwa nk ibishishwa by ingurube. Reba Yago umwe wavuze uko habaye kunyeganyega bene aka kageni, ibaze abandi bose bavuze 💔💔💔💔
Oya guceceka abantu bari gupfira mu ma depression ni ubucucu bukabije, ntubona se ko kuvuga kwa yago gutangiye gutuma nabandi bamaze imyaka mu gahinda batangira kuvuga, spaces zibasira abantu deja zarangiye guhindura imvugo, kurebera abantu bangiza abandi mu marangamutima ni ubugwari
Yago ndamushimira ko ari kurwanya ubutinganyi nabyo mubigarukeho we na Safari , biteye agahinda kubona uwo bita inflluencer ari you tuber wirirwa atukana ,ashora abasore mu butinganyi aprofita ubukene bwabo😢😢😢
ibyo yago yavuze nka ba big energy ❤❤❤❤❤ yakoze amakosa gusa yari ababaye twarabibonye ibyo kuri genocide nikosa ikindi guhunga igihugu kandi nawe nago azongera kubivuga nka big energy ❤❤❤ tuzi ubwenge
Ariko umuntu arinda igirwa imfungwa yahantu hamwe ( on one channel only) ngo ntagomba gukorera ibiganiro ahandi we abadafite ikibazo mumutwe koko INSHUTI IMWE ntikiza Umugabo mwabantu numuntu ubikora abafite ishyari ribi tyogutuma abantu batazamuka twumvise ubuhamya bwabantu benshyi bati ibyo Yago avuga nukuri 90% cg 99% ngo ningero zabanyamakuru yavuzemumwandi it’s real man this so painful for real . Ibigakorerwa umunyarwanda kumunyarwanda man Super manager niyunjyuvuga ngo THINK BIG Abafite iyo mico yago abovuze bose banjyemuntebe ya penetensiya kbs GOD’S ON OUR SIDE 🙏🙏🙏 👇
Njyewe narize kuko ngira Emotional ibi bintu ntabwo byoroshye aba Big Energy Mwese muhaguruke niba Subscription twatanze zikabagira ibifi binini byudutsiko byibasira abantu burya twabashyira hasi daa ubundi uko winjiye Niko usohoka
Muyoboke i agree with you 100%. Muri show-biz misunderstandings zibamo nahandi hose ariko they keep it cool to ensure the industry remains professional and Loved by the public. Ariko ndebera nka Jihad uvuga without limit. No sense of maturity at all, no professionalism, no self respect no nothing. In fact YAGO was very professional enough to keep it cool akarenzaho akihangana ariko impamvu yatoboye akavuga nuko yabonye after all i have respected these fellas and they keep tarnishing my brand let me heat them were it will hurt them most. My brother MUYOBOKE The show-biz industry needs people like you to manage it by screening out indiscipline members. Without that na Mayibobo zizafungura You tube channel zitubwire ibyo zikorera muri zaruhurura. Take a case in Ugandan music industry beef zabo zirangirira mundirimbo, comedians bakazikinamo comedy abantu bakishima kandi batazi ko abantu bahanganye.
Ariko kuki YAGO yibasiwe n'abantu bamwe ngo bababajwe nuko yababwiye ko ba se bababyaye bakoze genocide yakorewe abatutsi??? Ahubwo se Koko barayikoze? Niba aribyo kubivugaho nta cyaha mbibonamo keretse niba Ari gahunda ya ceceka