Aline weee.... uranshimishije pe, nkuzi muri izo steps zose, Imana yarakwubatse, iraguhindura, kandi seriously, you gained alot of maturity and you are building many people by your testimony. I love you more and undestand now what you went through even that moment you came back in Rwanda, was really not you acting the way you did, it was alot of pain and dissapointment. I am glad that you have your feet strongly on earth, don't mind about men, raise your kids, stay happy and keep serving God. You will be rewarded by him alone! I love you! 😍😍😍
Baravuga ngo ntuka judginge based on one side of the story ariko ikigaragara nuko nkurikije intanga gaciro uvuga, umugabo wawe yabuze umugore muzima pe. Yarahombye nubwo nawe for sure ntiwishimye ikigaragara ntiwagiye kubaka ushaka gusenya uwahombye cyane niwe rwose.
Sha njyewe nashatswe n'umurundi ababyeyi be na bene wabo bose banter'ibyatsi ko ndi Rwandaise mais basanze ibyo biyunvira kurinjye ari différent, kdi nagize amahirwe umugabo wanjye arankunda babuze aho baduca.
reka ntakure habaho. njye n'umugabo twarimutse tubasiga mu rwanda twambuka ama fleuve na ma océan, mpita niruhutsa nti ndabacitse, ariko biranga. gusa nagiraga muramukazi wanjye umwe unkunda, rimwe abyira musazawe ariwe mugabo wanjye ati natarekana niwabo ntarugo azubaka. kubwamahirwe yaje kurekana nabo arampindukira dukomeza kwubaka. ubu tumeze neza pe. gusa naje kwongera kumugirinama yo kugarura relation yiwe n'abiwabo kuko na none sinishimiraga kubona batavugana kubera njye. byarakunze, ubu bimeze meza ntakyo bakwongera kunkorera kuko babonyeko umugabo anshigikiye. yes ntabwo bankunda ndabizi mais turubahana c'est tout et c'est ce qui est important
Uyumu mere muzamugarure atubwire neza store yiwe kk ari street nka madam wange yarababajwe gusa nimba iwabo baribishoboye umugabo yashakaga bamutware na family yiwe bahageze bamutesha agaciro
@@aimeekleine8764 ariko urumva ko ubikora neza ,kuko nyirabukwe w umuntu uko biri kose ni uwo kubahwa erega aba yarakubyariye umugabo. Njyewe imiryango myinshi nzi mbona abakazana ari babi mbireba ni amaso yanjye...... Erega nyokobukwe aba anashaje nabyo aba agomba kubyubahirwa kuko avuga abintu agereranyije ni igihe cye pe.