Тёмный

Amateka y’Ibiro biruta ibindi: VILLAGE URUGWIRO🇷🇼 

Intsinzi TV
Подписаться 435 тыс.
Просмотров 29 тыс.
50% 1

IBIRO BYA PEREZIDA WA REPUBULIKA
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika cyangwa se Umukuru w’igihugu uyu aba ariwe muyobozi w’ikirenga w’Igihugu.Uyu nguyu niwe ufite inshingano zo kwita no kurinda abanyarwanda.
Ibyo abanyarwanda bamaze Kubyigaho no kubitangaho ibitekerezo mu 2003 batoye Itegekonshinga Repubulika y’u Rwanda maze baha Nyakuabhwa Perezida wa Repubulika Ububasha bwo Gutuma abasha kubitaho ndetse no kubarinda. Akabaha ibyo bakeneye.
Perezida wa Repubulika niwe muyobozi w’ikirenga w’igihugu cyose.Uyu rero burya agira Ibiro. Ibiro bya Perezidansi ya Repubulika.
Ibi biro nibyo biro Perezida Aha niho ayoborera Igihugu ,akanahakorera Inshingano ze za buri munsi.mu biro bye Perezida wa Repubulika ahayobore Inama,ahakirira abashyitsi .muri ibi biro haba hakorera nabandi bantu batandukanye bamufasha mu kazi ke ka buri munsi.
Mu Isi yose usanga Ibiro bya Perezida w’Ibihugu bitandukanye bigira amazina yihariye,Kuko Ubu ndatekereza ko uzi cyangwa waba warumvise icyo bita Inzu y’umweru(White House) ikoreramo Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika.
Inzu y’ubururur(Blue House) ikoreramo Perezida wa Koreya y’Epfo cyangwa se Champs Elysee ibiro bya Perezida w’ubufaransa.ni henshi mu Isi bimeze.
Nkivuga ibi watekerezaga ko ngiye gukurikizaho izina ry’ibiro bikorerwamo na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda? Niba aribyo reka nkubwire ko byo byitwa Village URUGWIRO.
Ibi biro rero bikoreramo perezida wa Repubulika nibyo tugiye kugarukaho byihariye.Tugiye Kuvuga Ibiro ubungubu bikorerwamo Na Perezida Paul KAGAME Umugabo w’igihangange amateka y’is yamenye.Umujenerali w’Ibigwi n’amateka ahambaye wabohoye u Rwanda akanahagarika Jenoside yakorewe Abatutsi.Umugabo wahariye ubuzima bwe kubaka u Rwanda no kuruha abanyarwanda bakarubamo ari abantu bigenga kandi bishyira bakizana
Reka tuvuge ibiro byigitangaza. Byakorewemo byinshi byaganiriwemo byinshi byagennye ahazaza h’u Rwanda tubona uyu munsi.reka tuvuge ibiro bifite umutekano udasanzwe.reka tuvuge ibiro byakiriye abanyacyubahiro b’Isi. Reka Tuvugwe Village Urugwiro ibiro by’amateka ntagereranywa.
Niba wajyaga wibaza ku biro bya Perezida wa Repubulika w’u Rwanda tera agatebe maze Nkubarire Iyi nkuru.

Опубликовано:

 

20 окт 2024

Поделиться:

Ссылка:

Скачать:

Готовим ссылку...

Добавить в:

Мой плейлист
Посмотреть позже
Комментарии : 24   
Далее
skibidi toilet multiverse 042
20:57
Просмотров 4,7 млн
#WARAMUTSE_RWANDA: Ni ayahe maherezo y'ibibazo bya DRC?
1:19:31
Maj Gen Alex Kagame wo mu 1992 n’uwo mu 2024
25:13
Просмотров 21 тыс.
History of Africa from the 16th to the 20th Century
3:39:03