Тёмный

Barifuza UMUNSI umwe wo GUSENGA: AFURIKA Abahora mu Nsengero ni ABAKENE?Kuki AMERIKA Ikize inasenga? 

ITABAZA TV
Подписаться 124 тыс.
Просмотров 4,8 тыс.
50% 1

Опубликовано:

 

26 окт 2024

Поделиться:

Ссылка:

Скачать:

Готовим ссылку...

Добавить в:

Мой плейлист
Посмотреть позже
Комментарии : 14   
@ITABAZA
@ITABAZA 6 месяцев назад
Ku rutonde rw'Ibihugu 10 bikize ku Isi Amerika ni yonyine iriho yemera Imana. Bitekerezwa ko Guhora mu nsengero bikenesha Abantu. Menya impamvu muri Amerika basenga bakaba banakize. Wowe ubyumva ute? Siga igitekerezo cyawe hano
@Raggaf102
@Raggaf102 6 месяцев назад
America yahawe umugisha mubyubutunzi kubwo kubaha Imana no kurekera umudendezo abantu bagasenga bakurikije uko umutimanama wabo ubemeza, ariko byarahindutse ivuga nkikiyoka kurimbuka kwayo kuzaba kunini ndetse ibyo yakoze mukwihuza na Roma Ariyo yaje ihunga byanditswe mubitabo byo mwijuru, ibyo yakoze nukugambanira ibyukwizera abera bahawe rimwe kugeza iteka ryose
@NdihoKubwayo-pm5mc
@NdihoKubwayo-pm5mc 6 месяцев назад
Ubuhanuzi bugomba gusohora nkuko bwahanuwe ubuhanganjye bwayo bwagombaga gushingira kubukire bugaragara arinawo mitego yabateye guhakana ukuri bari bafite. Ubutunzi kuburarikira biba umuzi wibibi
@m-claudinekarengera1095
@m-claudinekarengera1095 6 месяцев назад
Imana iguhe imigisha Kelly Rwamapera
@Claire.D1234
@Claire.D1234 6 месяцев назад
Wow! Rwabugiri❤
@limerecordsmedia4310
@limerecordsmedia4310 6 месяцев назад
Abantu tugomba gusenga gusa tukirinda kurengera ibirigombwa kuko Imana yashizeho ko tugomba guhora dusenga ariko nanone yanadutegetse kujya dukora kugira ngo tubona ibidutungira umubiri ndetse niterambere ry'ubuzima. Rero uvuze ko gusenga bizana ubukene waba uvuze ikinyoma kuko awubwo bituzanira umugisha ariko gusenga bikubuza gukora ngo ubone imibereho ibyo ntakabuza ntibikwiye kuko no muri bibiliya handitse ko iryarya arizo zihora mumasengesho yisubiramo kuko Imana yaduhaye itegeko ryo gusenga yongeraho niryo gukora byose rero umukiristu wukuri arabijyanirana ugomba gusenga uka nakora bityo ukungahara kubyamwuka ndetse nibyumubiri kuko byombi aribyo bibeshaho umuntu "Roho nzima Mumubiri Muzima".
@Gaga-2020
@Gaga-2020 6 месяцев назад
We the people
@joinustv2375
@joinustv2375 6 месяцев назад
Nubuhemu kuko hano muri America rwose uragenda ukabwiriza kumuhanda aho ukeneye ukazana ibyuma
@Ihishurwa
@Ihishurwa 6 месяцев назад
Gusenga ni ingenzi icyibazo nuburyo bikorwamo, nibyo bidukenesha. Gusa byaba byiza utubwiye mubakire 10 bambere kwisi ngo ni bangahe barimo basenga
@jeandamascenembarore9422
@jeandamascenembarore9422 6 месяцев назад
Noneho gusenga bikurweho se? Ubwo se abo 10 uvuze ko ntawufite pHD, kwiga biveho nabyo?
@Ihishurwa
@Ihishurwa 6 месяцев назад
@@jeandamascenembarore9422 oya, ahubwo uwashobora byose yabigeregeza, ariko tekereza nawe, umwanya umuntu amara muri gahunda zitandukanye zidini, wongereho imisanzu (amaturo+1/10) umuntu aritangamo, wongereho business zimwe nazimwe ritubuza gukora ngo nicyaha, maze umbwire aho ritatera nubukene
@PhilemonNTIRENGANYA-l8s
@PhilemonNTIRENGANYA-l8s 6 месяцев назад
Ndagukunda lmana ikomeze impano yawe niwowe umudivatiste usigaye uvuga icyaha muzina ryacyo nka yohana
@ntungane2024
@ntungane2024 6 месяцев назад
Buriya c ari kubwa Rwabugiri no mugihe cya Repuburika/amadini menshi aho Abanyarwanda bazi Imana ni ryari? Ubukire ni umutima utunganye, ibindi ni ubutindi gusa.
Далее
Гаджет из даркнета 📦
00:45
Просмотров 188 тыс.