ariko iyo muvuga ngo impamvu isengero zatinyutswe ni uko hari ibitagenda mujye mutanga reference mu byanditswe byera.nonese ubundi mbere zitarakingwa ho ibyakorerwamo byo, ni iki cyikwemeza ko byari bizima.none se ko tubona umwami antiyokusi epifanus yangiza ubuturo bwera ni uko ibyakorerwagamo byari bifite ikibazo.none ko tubona muri daniel 8,ihembe rito ritinyuka gusenya ubuturo bwera ni uko bwari bufite ikibazo? so musobanurire ahongaho.kandi umuntu ntakavuge ibitekerezo bye ahubwo akoreshe handitswe ngo.kuko mbona hari igihe Rwamapera avuga ibitekerezo bye nta reference bifite mu byanditswe byera
Iririre n'urubyaro rwawe na bene wanyu bose.Kuko buri vi rizipfukamira kdi umuntu wese azabazwa ibyo yamenye yarangiza akabikerensa.Itorero ry'Imana ni rimwe n'irya satani ni rimwe. Mu isi hari amafini 2 gusa. Abubaha Imana n'abubaha satani.kuba umuntu rero yanyuranya na biblia ntibivuze ko ari itorero ryabimutumye.Amahame ya biblia ni yo ngenderwaho,uyirengagiza aba akorera satani.