Ntiwabimbuza ngo binkundire kutavuga ko uri umuhanga. Clarisse uri umuhanga. Iyo biba byashobokaga ngo buri cyumweru uduhe igihangano gishya iyo uvuka mbere ahari bantuze ntibaba barankojeje aha na hariya bari kumenya ko ubamba isi adakurura.😓
my advice dont lose your focus know that you are a gold in rwandan music industry grow wider and stronger and never forget to be wiser ikindi ntuzabe nkabo mbona batangira bari muri gakondo ubundi nkabona baratuvangiye nawe urabazi benshi please stay that way and modernize our culture without withdrawing abroad ; keepe working on your voice and the shoting of your video 😍😍😍😍😍😍😍😍 atleast we have you mukobwa wacu SINGGGGGGGGGG
Tears on my eyes! Oh God! Sinzi uko nabivuga. Ni ubwambere nkurikiye indirimbo zawe zose. Keep it up Mukobwa mwiza!!!! You have a big heart! Ntabwo ari ijwi gusa cg ubwiza! Ahubwo ufite ukuntu uri complete! .....
Am Stuart from Kisoro Uganda,Clarisse Karasira imana yamuduhaye nkikyirabo,i rill love her speeches through her songs,may our almighty God keep blessing your carrier in Jesus'Mighty name 🙏
I love you more nukuri 🙏🙏🙏🙏🙏 indirimbo zawe zirankomeza nzikuramo byinshi byiza you are mother, you have lovely family ❤ just kip it up my darling 👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏 💕,
Wow wow wow what a wonderful song you touched my heart specifically the chorus uzagire neza wigedere you reminded me of my mother that is what she tought me thank you for your reminder
Urashoboye n ukuri naho ntari umunyarwanda ndashima ukuntu uririmba mumutuzo ntangere. Well done!!!Keep it up !! You have a special talent.Congratulation for your achievement.