Тёмный

DORE Umuriro hagati y'umudive na Pastor Musisi/Yerekanye imana abadive /Eric ati Musisi uri ikigande 

AYALONI TV
Подписаться 50 тыс.
Просмотров 4,7 тыс.
50% 1

#WHATSAPP_0788266238
#AYALONI_TV #CLICK_SUBSCRIBE_LIKE_and_SHARE #250788266238 #250726888535 #0788733808
Kora Subscribe hano / @ayalonitv2992
Turabaramukije mwese bene Data bakunzi bacu iyi Channel twayishinze bigendeye kuri SMS twahawe n'Imana yuko tugomba gufasha abantu bose bashaka kujya mw'Ijuru, kumenya ijambo ry'Imana, ngo bave murujijo rw'Agakiza ndetse n'urujijo rw'inyigisho z'amwe mumadini ziri kuyobya abantu na bamwe mubahanuzi bari gusenya ingo z'abantu kubera ubuhanuzi bw'ibinyoma. Ndetse n'ibindi byinshi, muzagenda mubibona uko tuzakomeza kubana.
Iyi Channel nta dini narimwe ibogamiyeho niyo gucishaho ijambo ry'Imana ndetse n'ubuhanuzi Imana iduhaye yaba uwo itumye cyangwa se natwe ibuduhaye. Murakoze cyane kubwo gukomeza kubana natwe.
Turabakunda.

Опубликовано:

 

24 сен 2024

Поделиться:

Ссылка:

Скачать:

Готовим ссылку...

Добавить в:

Мой плейлист
Посмотреть позже
Комментарии : 29   
@yobokadavid3503
@yobokadavid3503 Год назад
Imana ibahe umugisha Paster Musisi,Jean luc na Eric! kandi nkuda uburyo muganiramo,mufite ubworoherane kand n'abandi bajya impaka ku byanditwe bakwiriye kubigiraho.
@josephnshimiyimana5776
@josephnshimiyimana5776 Год назад
Isabato ni itwibutsa kuremwa kwacu mu buryo bw'umubiri (Imana niyo yaturemye kuko dukomoka kuri Adamu). Isabato nanone itwibutsa ko turemwa bundi bushya tubyawe n'Imana ikatubabarira ibyaha tukaruhuka imiruho yacu. Isabato ni ingenzi cyane muri ubu buryo
@uweragrace5265
@uweragrace5265 Год назад
None ko Yesu ubwe yivugiyeko ataje gukuraho amayegeko ahubwo yaje kuyakomeza akanayavugaho cyane
@hagnace-pu6rk
@hagnace-pu6rk Год назад
Jyewe umudive yarambwiye ngo nica itegeko rya kane, ndamusubiza nti si irya kane gusa ahubwo nyica yose, niba Eric yibwirako yubahiriza isabato n'andi mategeko, kuza kwa Yesu ntacyo byamumariye. Kuba Yesu amategeko yose yarayabumbyemo rimwe Eric ntari kubikozwa niyo mpamvu atari gusubiza ikibazo cya J.Luc, icyakora mfite ikizere ko Yesu azamwihishurira kuko byibura we yemera no kubiganiraho, abandi benewabo bo ntimwanavugana utemera iyo sabato. Merci Eric.
@clementineakimanimpaye1259
@clementineakimanimpaye1259 Год назад
Yesu ashushanya umucyo uvira amahanga, Agashushanya ubwiza bw'ubwoko bwa Israeli rero twese iyi nzira y'itegeko ry'Imana iratureba
@kinkinatv6988
@kinkinatv6988 Год назад
Amahoro y'IMANA abane namwe. Hama ico nshimiye Eric azi kuganira n'inyifato nziza mukuyaga na mugenziwe ahari bizokoroha, no kugira ahinduke ave mw'isezerano rya kera yizere ivyo Yesu Kristo yavuze. Thanks 🙏
@only_Jesus1
@only_Jesus1 Год назад
Eric vrt ntameze nk'abandi badive, uyo ni umwigishwa wa Yesu Kristo wo mw'ibanga pe, mu misi muzobibona
@messieroireine1056
@messieroireine1056 Год назад
Pr Musisi, usobanuye neza cyane isezerano rishya, Imana iguhe umugisha. Mwene Data Éric biragaragara ko ibyo Musisi avuga bisa nibigukurura ariko utsimbaraye kw'idini ryawe n'amahame yaryo. Inama nziza ni uko warekana n'idini maze ukareka ukuri kukakubatura. Ni ukuri Imana nawe iguhire cyane.
@clementineakimanimpaye1259
@clementineakimanimpaye1259 Год назад
Aya mategeko 2akubiye muri ariya10 y'Imana.atanu ya mbere agaragaza urukundo hagati y'Imana n'abantu,ayandi atanu ni urukundo hagati y'umuntu na mugenzi we Aya mategeko yose rero agasohorera murukundo gutyo. Kandi nanone iri tegeko ryo gukunda Imana na bagenzi bacu rikuniye murariya 10 yose ikindi gihamya 1yohana5:1-3 murakoze
@TomasNtakirutimana
@TomasNtakirutimana Год назад
Musisi yatu mwe nande ?? Musisi numukozi wa sekibi Harubwo avuga ibizima ubundi akabitabura ntakuri azi ntukwa afite arikujugunya abato mumwobo batakwikuramo kuko ntavuga ukuri Kandi yigira ukuzi.. arambabaza cyane..... Cyane rwose...!!!???
@rudasingwaemmanuel9269
@rudasingwaemmanuel9269 Год назад
Ayo mategeko mwirirwa muvuga mose nawe atayagejeje kuri bene wabo nkuko tubisanga mu kuva kuko yayakubise hasi batatabonye Urugero kuva 34 urasanga aho Imana yamubwiye ko wibarize ibindi bisate ndandikayo Andi mategeko urasanga adasa nkayambere Kandi wibuke ko ayambere yayajajanguye kuva 20 ,32 34 ushobora gusoma hose azaharebe
@mukunzifaustin5671
@mukunzifaustin5671 Год назад
Haranditse ngo ni munkunda muzitondera amategeko yanjye ( harimo n' iry' isabato). Hanyuma muri matayo: 5 haranditse ngo ukundishe uwiteka umutima wawe wose n' ubwenge bwawe bwose kdi ukunde mugenzi wawe nk' uko wikunda
@rutaganiraabraham50
@rutaganiraabraham50 Год назад
Ariko twaretse isabato yumunsi tukareba Iy Umwuka.
@ByamunguJean-d8e
@ByamunguJean-d8e 10 месяцев назад
Mwiriwe neza Kandi Yesu ashimwe nitwa pastor Byamungu Jean reka kubaze nuvise muvugako Amaturo nibyacumi ngo n'amategeko Nonese ntabwo dukwiye gutura gutura Nicyaha Aburahamu yatanze Icyacyumi Yakobo yatanze Icyacyumi Amategeko ataraza Yesu ntabwo yagikuyeho Amaturo Yesu yashimye wamupfazi yatanze amasente (2) Paul yabwiye 2Abakorinto 9:6-9 ubibankeya asaruranke Paul abwira 1korinto 9:6-havugako umukozi akwiye Ibihembi Abakozi bazahembwa ubusa Komubuzanya amaturo abakozi bazahemwaiki?
@nzayisengaisrael4446
@nzayisengaisrael4446 Год назад
Mubyukuri Elic natubwire uburyo atangira isabato nuburyo ayisoza nuburyo atanga 1/10aduhe ubuhamya bwe niba avuga ibimurimo yakomeza akajyaizo mpaka ikigenderewe kubwanjye nshaka kuzabona ijuru numuryango wanjye ndetse n'abarikeneye bose
@DesirebravoNiyomwungere
@DesirebravoNiyomwungere 2 дня назад
ND,umurund nbe uwomusor aremer ko yesu ar ,uburuhukir ar,ikimenyets🤟 n'isezeran?
@PhillipeRIZIKI
@PhillipeRIZIKI Год назад
None mubarize eric kuberiki lmana yabwiye abisirayeri bazebibuke koyabakuye muri egypt .sama john3:16
@mukunzifaustin5671
@mukunzifaustin5671 Год назад
Isabato rero nayo iri mu mategeko y' Imana
@qualityfoodmachinery
@qualityfoodmachinery Год назад
Ibyo mwese muvuga nukuri ahubwo nkuko paster Musisi yatangiye abivuga tuve mu madini tube abigishwa ba kristo impamvu Eric atsimbarara Ku isabato abiterwa nimpavu yo gukunda idini
@Mpl021
@Mpl021 Год назад
Ark iyo uhindukiriye Christ iyo nyegamo ivaho
@jeanbyuma4933
@jeanbyuma4933 Год назад
Pastor Musisi numuhanga kdi azi gusobanura pe. Uyu niwe mwigisha ducyeneye.
@TomasNtakirutimana
@TomasNtakirutimana Год назад
Sinshaka abigira injiji ntimuziko handitswongo uwica (1) ryo mu liyo aba ayishe yose kuko uwavuze ngo: ntugasambane ninawe wavuze ati: ntukice nutiba ariko ugasambana uba uyishe yose
@yobokadavid3503
@yobokadavid3503 Год назад
None iki gitabo UKURI NAHISHWE nakibona gute?
@ErogeHatungimana
@ErogeHatungimana 9 месяцев назад
Eric asobanuy neza can ikibazo abantu haramajambo badatahura ibwirizwa rirutayandi ukundimana yonsa numutim waw wose nubweng bwose wumva utubahirij ijambo ryavuy mukanwa kimana wumva wob uyikunze nubweng bwaw bwose? Kubahiriza isabano nitegeko ryatanzw nimana utayubahirije wumva woba ukunda imana?
@pstgibertkalisaofficial8498
abadivantiste bayoborwa n umugore nkuko abagatoroka bayoborwa n umugore kandi bahuriye k urubyiruko rwitwara gisirikare abajiya n abaskuti bose rero baravukana,MUKANGUKE AMADINI AYOBOWE NIMYUKA Y 'ANTIKRISTU.
@Mpl021
@Mpl021 Год назад
Ibya Mose iyo ubikomeje inyegamo kuri wowe Eric
@Mpl021
@Mpl021 Год назад
Hhhhhhhh Eric ese mu gihe kirema higeze habaho indi minsi Imana yakozemo kugira ngo yongere iruhuke ? Ese yaruhutse inaniwe nk'uko abantu babikora???
@DesirebravoNiyomwungere
@DesirebravoNiyomwungere 2 дня назад
B
@nzayisengaisrael4446
@nzayisengaisrael4446 Год назад
Buri wese yisuzume Niba ari kwezwa!! Burya mbona amategeko aba no mumutima nama wawe ntagaragarira kumubiri winyuma utubeshya ;elic isuzume nawe! impaka se? Ndi mubadive ariko ubu ndajijwe mbonantakiranutse! munsabire we napst musisi Gusa nifuza kubonaIjuru impaka zibyo mbona ntacyo zimariye!
Далее
КАК ВАМ ТАКОЙ ТЮНИНГ НИВЫ?
00:42
Просмотров 264 тыс.