Aya magambo yawe SI meza .Gusa mu byo twigishwa na Bibiliya harimo ukuri ariko harimo n'ibyafashaga gushimangira indangagaciro z'umuco Kandi ari amakabyankuru. No mu Rwanda ni uko.urug:Nakuze nzi ko umwanya utinze kuryama afatwa n'akavumburamashyiga
Yeah, Dr ni umuhanga bidashidikanywaho rwose, ariko kuvuga ngo Adam na Eva ntibabayeho, byo ntabwo turaza kubyemera kimwe, kuko na we ntiyarariho, ndetse nta nigitabo yasomye cyabayeho mbere ya bible, bible ifite record y'uko ari cyo gitabo gifite imyaka myinshi kibayeho kurusha ibindi byose kw'isi.
A bon, wowe ndumva ushobora kuba uzi ubundi busobanuro bw'izina Adam ch Eva, Adam bisobanura Umugabo cg ikiremwa muntu, ni ijambo rikomoka mu rurimi rw'igiheburayo, mugiswahili bisobanuka cyane ikiremwa muntu ni "Mwanadamu" Eva bisobanura umugore cg utanga ukubaho. Adam: is derived from the Hebrew word אָדָם (pronounced "adam"). It can be translated as "man" or "human being. Eve: is also of Hebrew origin, אֵוָה (pronounced "chavah").
@@DushimimanaAkimu Ntabwo ari wowe nasubizaga muvandimwe, nasubizaga @Jdmcs wavuze ko nitumenya ubusobanuro bwa Adamu & Eva ko ari aribwo tuzamenya ko batabayeho
Aho uvuga ngo ' izina ryawe ryezwe' i think its bad translation. In kiny, izina ryawe ryubawe is the right translation. So Dr.Rusa, welcome int the kingdom of God. I respect u in denying religion. Remember its religious leaders who killed Jesus.
I agree with u that religion is fake. Its just a way of doing things but have a relationship with Jesus. Kandi uravuga ngo uganira n'Imana. I agree with u totally but Christ is the way.ibyo uvuga byose bivige mwizina rya Yesu
Aho yabihuza ate nukuri we azi.kuko uwo muntu wabwiy uko yarize bibiriya yabwiy ko nambere ya eva na Adam abantu bariho ngo bakagomera Imana aribwo imana yarakaye ikarema adamu mushya yifuzaga ko umuntu wico gihe cadamu yazabaho neza.
Amahoro ni Faustin NIYOMUGABO ndabaza Dr. Rusa ese kubatizwe ko ataribyo njye ndabiviga nku mu Catholique, icyaha cyinkomoko njye nkigereranya nko kubagirira avocad, ubusanzwe avocad yakwera itabanguriye.
Ibyo numvanye uwo Murundi ngo yabwiwe n'Umupakistani, hari ibihabanye n'ukuri ku migirire y'Abaislamu. Nta na rimwe muri Islam batanga umwana ho igitambo. Batamba itungo ryuza, bakurikiza uko Abraham yakoze, igihe ahabwa impfizi y'intama akayibaga mu cyimbo cy'umwana we.
Njye ndabona no gukizwa bitabura kumubera ariko ndetse kukurusha wowe uri guca imanza. Hari ikibi akoze kigaragaza ko itegeko ry'urukundo ari naryo rishingiyeho agakiza ataryubaha?
Mu by,ukuri ku ijwi ry,umukanguzi tuhumvira amagambo meza atwubakira ubugingo .lki kiganiro cyanyuzeho ngo kidufashe iki Koko? Ko mbona ibyinshi twemera uyu muntu atabyemera. Na ko nta na kimwe yemera. Mbeeegaaaaa
Ahubwo se aya masomo agusigiye iki?? Mwige musobanukirwe, ntimukemere ibintu buhumyi kuko mwashutswe ko ari iby'Imana ngo mukunde muyoboke ingoma za bagashakabuhacye 😂😂😂😂