Niba idatera ubwoba mu mvugo se kuki yemera ko ibiteye ubwoba tubibona live?Iyo Mana uvuga ni iyo wahimbye mu mutwe wawe.Ariko ubundi igira imbabazi ariko iteye n’ubwoba cyane. Va mu mikino rero twabonye ibikomeye tunabinyuramo Kandi Imana yari ihari
Iyo muvuga abahanuzi Babanyarwanda mugashira ho Gitwaza ninde wababwiye ko Gitwaza ari umunyarwanda ? Gitwaza ni Umu Congoman wo mubwoko bwabanyamulenge Wabukiye mu Bijombo
@@Benizungu7774 hagati ya 86 na 87 na Uwahoze ari president wu Rwanda Habyarimana Juvenal Yagiye Uganda bari kwambika Late Fred Rwigema I peti Fred na kagame Bamusaba gutaha aranga Ku Mahoro aranga none u Rwanda rutlyobowe na kagame Byose nimsrwa ni minsi wangu Kisekedi Nta bwo yigeze yanga ko Turi Aba congman , ujye wandika Ibintu Uzi Usibye ko Nubwo yabyanga Ni nkuko Hari uwakwangira ko uri umunyarwanda Ntabwo Turi abanyarwanda Nti twigeze tunaba Bo Kuko twabaye muri Congo U Rwanda rutaraba u Rwanda Abazungu bakase mo Africa tumaze imyaka Irenga 300 muri Congo Yewe twese inkomoko yacu si no mu Rwanda , Hari abavuye Tanzania, Uganda , Burundi , Rwanda Abo bose nababwira gutaha I Rwanda Ariko ni kubwimpamvu Za portique Ninyungu zabazungu bashaka kurya Ibitari ibyabo Ariko ntacyo dupfa nu Rwanda Si ukwanga kuba abanyarwanda Nukuvuga ukuri kwiburiho Ubundi weho ko uri umunyarwanda Harya Hari umunyamulenge mufitanye Amasano ya bugufi Niba unayazi byibura muhuriye nko ku gisekuru cya 4 Kubera iki tuvuga ukuri Mu kababazwa nibitabareba Ibyo bintu bya yeriko se hhhhhh Iminsi ibyara isahatse, byose Bizatungana Iyo umuntu atazi amateka arabaza Mujye mubaza tubigishe ba sha
Birateyubwoba Iyo mana nibahe umutima wubwenge ukonukubura ikinyabupfura,ninde wababwiye guhangara Umwami ,ng I'm u gateau tubes umwuka w'Imana,na Uzabaze na Dawidi warerewe mwishyamba,ntiyigeze ahangara Umwami Sawuli naho yariyakoze amakosa nkanswe,musab'Imana Ibahubwenge,ikindi ahokuzamuka umusozi mufatumwanya musengera igihugu ahubwo muracyambura u bus a,kazikanyu, Efeso 6;10 muhasome,ntidukirana nabantu dukirana mumwuka,ahorere ik in ya up fur a bike cyoguhangara a am I ababyeyi mukeneye aba mento kumugani ,Imana Ntiyabatumye gutungintoki,dusengeshe Umwuka items kuko siwowe uvugana n'Imana Gus a,nuko wabuzubwenge,kandi I by ur a bikers she a nogushaka kwigira umusitari ng a ho nakazi kawe,ur I ya wahanuyibyintambara wa Cyangugu yasojatewe atirirwa asambanyabasengera ,rekera gukuragatotsi,ahubwo sengera igihuhu,abandi Imana Izabibwirira,sigaho nguhanure,kandi nudakurikirana iyimpanuro niyanyuma,nguhaye u shake ubisengere,nyumayibi uzambwira,sinzabaciyumuganingo ushakurupfu hhhhhhhhh Dawidi Imana niwe wanditsengo nabashante guhangara uwasizwee,ubuyobozi bushyirwa n'Uwiteka ushakubemaso ,bible ivugango nitwabura ubwenge Imana Izatureka,matayo 7;24-26