Was mubyeyi we wtuje ukirerera abana amagambo ukayareka Uzi ko hari abafite ibibazo biruta ibyo bihanganye bategereje gutabarwa n Imana I by abagabo bireke abagabo ni abagabo nyine uzizere Imana yonyine ntuzizere umwana w umuntu hari benshi bacecetse baragowe ihangane
Harya ngo ihu mwabonye gerad mbabazi rweme ari we muganga w, ibibazo byanyu????? Ni uko nyine mutazarama naho ubundi mwari buzabone ishyano. Imibonana mpuzabitsina ko so yarongora umugore wundi niko nyoko yahita aza hano ugira ngo? None se wagira ngo uwo mugore wundi amucike wenda utamunezeza nkawe. Erega ubwiza bwo mu maso bushobora gutandukana n' uburyohe utanga hasi kwa jeu😊😊😊😊😊. Nkubwiye ntya kuko ibi bintu byanyu biri kunyuzuzriza tel buri munsi abagoreeeeee! Syi.
Esther reka kuvuga gutyo ngo ntiwakongera ibyisgimo byo mu buriri ubwo se urahima nde we,uwakubabaje we araryohewe,ubu se ko nuwpfushije umugabo agapfa ko yongera agashaka