Aba se ko bagenda neza byose babifite.naho kuba inzu irimo byose.bajyerayo mu gihe gito batanjyira akazi cg kwiga.abajyanwa n'a hcr barahiriwe.urunva se babihirwa koko
Natacha uri so sweet girl , so funny girl so intersting i love your topics i swear 😂😂😂 Ndakijijwe sinigeze ngira inshuti inywa inzoga kuko najye ntabwo nigeze nzinywa ariko ariko wewe nakwemera pe ❤❤❤
Akantu ku bugoro muri Norvege karansekeje. Sabin bwira Natasha uti umuco Nyarwanda wa kirazira ukurange ubwisanzure bw'umuco wasanze ntuzagutere kuva ku muco gakondo. Courage kd uzakomeze kwiga amashuri wacikishirije ina hanyuma nkwifurije kuzagera ku nzozi zawe zo gutwara indege.
Sha Shema, uziko Papa we yari umu professeur muri EFA NYAGAHANGA, iwacu i Ngarama ni heza, ubu kaburimbo yarahageze ,guca my RUKOMO, KU CYURU, BULIMBI, BWISIGE, NYAGAHANGA, GATSIBO, GITINDA, GATUNGO, ubu haranyerera rwose👍, kuva NYABUGOGO ujyera i Ngarama ni amasaha abiri👏👏👏
Uwo mwana avuze ngo iburayi nta kibazo ca mahera ki riho , nda basavye bantu mwe nti mu mutuke , yivugire ico yishakiye, aryoherwe , kuko uvuye mu nkambi , ukaba iburayi , kandi ara cari muto .IMANA ize imuzigame , ntaze aje mu ngesombi.
ARIKO SABIN HARI IGIHE USHYANUKA. NGO HARI ABAZA MU BURYO BWEMEWE, NO MUBURYO BUTEMEWE???? HARI UTUNTU UKORA CG UVUGA UKABA INKIRABUHERI PEE. KUZA I BURAYI WUMVA ARI IBINTU BYA HATARI. NIHO RERO UTANGIYE KWEREKANA KO UZI IBINTU BY"I BURAYI. URI UMUUNTU TWEMERA KUBERA KO HARI ABO WAFASHIJE YEGO.ARIKO HARI IGIHE USHYANUKA SABIN.